Kardinal George Pell wahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina ku bana b’abahungu bikajegeza Kiliziya, mbere y’uko icyo cyemezo gikurwaho, yapfuye ku myaka 81. Uyu wahoze ashinzwe imari i Vatican, niwe munya-Australia wageze hejuru cyane...
Read More
Kamonyi: Musenyeri Musengamana yasabye abiga muri ESB kwirinda Umwarimu wa 2 n’Ubunebwe
Umushumba wa Diyosezi ya Byumba, Nyiricyubahiro Musenyeri Musengamana Papias, yasabye abiga mu ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Berenadeta riherereye mu karere ka Kamonyi, Umurenge wa Gacurabwenge ko bakwiye kwirinda umwarimu wa kabiri ukorera ku mbuga...
Read More
Muhanga: Abasilamu basabwe gukomeza imigenzo myiza bakitandukanya n’ababasiga isura mbi
Umuyobozi w’Abasilamu mu karere ka Muhanga, Sheikh Kajeguhakwa Ismael arasaba abayoboke b’Idini ya Islam gukomeza kurangwa n’ibikorwa byiza nkuko babikoraga mu kwezi kw’igisibo nko kubanira neza abo badahuje ukwemera. Abasaba kwamaganira kure abasiga idini...
Read More
Burundi: Perezida Evaliste Ndayishimiye mu nzira y’umusaraba awuhetse nk’igihe Yesu yiteguraga kubambwa
Kuri uyu wa Gatanu Mutagatifu, umunsi ukomeye ku ba Kilisitu by’umwihariko Abanyagatolika, Umukuru w’Igihugu cy’Uburundi, Evaliste Ndayishimiye yagaragaye ahetse umusaraba ku rutugu. Byibutsa Abakirisitu ububabare n’ururupfu rwa Yesu/Yezu wabambwe ku musaraba azira ibyaha by’abantu(...
Read More
Musanze: Pasiteri yatamajwe n’umugore wazanye n’umwana we aho yabeshyaga ko atarashaka
Ni Pasiteri bita David, ariko we akavuga ko yitwa Samuel. Umugore we basezeranye byemewe n’amategeko y’u Rwanda, yatunguranye azana n’umwana, basanga umugabo mu Karere ka Musanze bavuye i Rubavu. Umugore yamutamarije imbere y’abayoboke be...
Read More
Umubikira yakatiwe igifungo cy’umwaka n’umunsi 1 azira kwiba ibihumbi 835 by’ Amadolari ya Amerika
Mary Margaret Kreuper, umubikira wo muri Amerika uri mu kiruhuko cy’izabukuru, yari afite uko yigaragaza ariko ahishe ingeso mbi. Yemeye ko yarenze ku isezerano rye ry’ubucyene yasezeranye ubwo yabaga umubikira, akiba amadolari y’Amerika 835,000...
Read More
Papa Francis yavuze amagambo akomeye ku ihohoterwa rikorerwa abagore mu ngo, ati“ ni hafi irya Shitani”
Papa Francis yamaganye ihohoterwa ryo mu ngo rikorerwa abagore, avuga ko ari “hafi irya Shitani”, aya akaba ari amwe mu magambo akakaye cyane akoresheje kuri iki kibazo. Uyu mukuru wa Kiliziya Gatolika ku isi...
Read More
Amagambo yavuzwe na Papa Francis ku cyaha cy’ubusambanyi akomeje kwibazwaho na benshi
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi, yagarutse cyane mu binyamakuru kubyo yavuze ku cyaha cy’ubusambanyi, avuga ko ‘atari cyo kibi cyane”, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru Reuters. Ni nyuma yo kwegura k’Umusenyeri mu Bufaransa. Kuwa...
Read More
Kamonyi: COVID-19 yatumye bamwe mu bayoboke b’Amadini n’Amatorero bishora mu byaha
Abakuriye Amadini n’Amatorero mu karere ka Kamonyi, baravuga ko icyorezo cya COVID-19 cyatumye bamwe mu bayoboke babo bishora mu byaha ndetse ngo bamwe banze kubireka. Abayobozi b’Amadini n’Amatorero kandi, barasaba abatarabona ibyangombwa kubishaka ndetse...
Read More
Kamonyi-Kayenzi: Amadini n’amatorero mu bukangurambaga bwa Covid-19 bwegerejwe Abayoboke
Abakuriye ihuriro ry’amadini n’amatorero mu Murenge wa Kayenzi, Akarere ka Kamonyi bavuga ko icyorezo cya Covid-19 cyatumye batakibonana n’abayoboke babo nk’ibisanzwe. Bahamya ko muri ibi bihe bigoye ari umwanya mwiza wo kwereka aba bayoboke...
Read More