Ku mugoroba wo kuri uyu wa 22 Mata 2024 ahagana ku I saa kumi n’ebyiri nibwo uwitwa Bucyanayandi Evaliste, umwe mu bakozi batatu ba Koperative KOMIRWA ikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu kagari ka Gishyeshye,...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Batatu bagwiriwe n’ikirombe gicukurwamo amabuye y‘agaciro
Abakozi batatu ba Koperative KOMIRWA ikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu kagari ka Gishyeshye, Umurenge wa Rukoma bagwiriwe b’ikirombe mu ma saha ya mugitondo cyo kuri uyu wa 23 Mata 2024. Kurokoka iyi mpanuka bakabonwa...
Read More
Intara y’Amajyepfo/Kamonyi: RMB yashyizwe mu majwi mu gutiza umurindi ubucukuzi butemewe
Intero yari imwe, haba mu bakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Abayobozi b’Uturere(Meya), inzego z’umutekano zitandukanye ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, aho babwiye Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peterori na Gaz( Rwanda Mining Boad-RMB) ko kuba rudatanga...
Read More
Kamonyi-Rugalika: Ibihembo by’Umurenge n’Akagari bya mbere muri Mituweli byatangiwe mu murenge wabaye uwanyuma
Akarere ka Kamonyi, Umurenge wa Rugalika, Akagari ka Sheri kuri uyu wa 16 Mata 2024 katangije ku mugaragaro Ubukangurambaga bw’umwaka wa Mituweli(ubwisungane mu kwivuza)2024-2025. Umwaka ushize wa 2023-2024 ibihembo bya mbere byegukanywe n’Umurenge wa...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Abahebyi n’ababakingira ikibaba baciriwe amarenga y’urubategereje
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Alice Kayitesi yaburiye abacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko bazwi ku izina ry’“Abahebyi” kubivamo inzira zikigendwa. Yaburiye kandi ababacumbikira kimwe n’ababakingira ikibaba. Yasabye ubazi wese gutanga amakuru y’ababirimo mbere y’uko...
Read More
Kamonyi-Cooproriz: Amananiza mu kwishyura abahinzi no guhatirwa kuva muri banki ya BK
Bamwe mu bahinzi b’Umuceri mu kibaya cya Mukunguri babarizwa muri Koperative Cooproriz Abahuzabikorwa, by’umwihariko abafite Konti muri Banki ya BK barashinja ubuyobozi bwabo kutabishyura umusaruro bagemuye bakababeshya ko Konti zabo muri iyi Banki zasinziriye....
Read More
Kamonyi-Rukoma: Bamwe mu bazwi nk’Abahebyi bashakishwaga batawe muri yombi
Mu Kagari ka Bugoba, Umurenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi hafatiwe Nsabimana Alphred w’imyaka 28 y’amavuko hamwe na Kanyamanza Claude w’imyaka 26 y’amavuko. Bombi bari mu bashakishwaga na Polisi bazira gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro...
Read More
Kamonyi-Ngamba: Umugabo bamukuye munsi y’umukingo yapfuye
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 02 Werurwe 2024 ahagana i saa tanu, Uwimana Theogene w’imyaka 56 y’amavuko utuye mu Mudugudu wa Nyabitare, Akagari ka Marembo, Umurenge wa Ngamba yasanzwe munsi y’umukingo yapfuye. Harakekwa...
Read More
Kamonyi-Kayumbu: Meya yakebuye urubyiruko rushaka gutera imbere rudakora
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Murenge wa Kayumbu barimo n’abaruhagarariye, bagaragaza inyota yo gushaka gukira ariko imvugo n’ibikorwa byabo bikagaragaza ibihabanye. Bashaka gukira batavunitse, bashaka iterambere bazaniwe, batagizemo uruhare. Mu nteko y’Abaturage yo kuri...
Read More
Kamonyi: Dr Nahayo Sylvere yasuye kandi ahumuriza abahuye n’ibiza, MINEMA nayo yari ihari
Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere ari kumwe n’itsinda ry’abakozi ba Minisiteri ifite ibikorwa by’ubutabazi mu Rwanda(MINEMA), ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 22 Gashyantare 2024 ahagana ku i saa kumi,...
Read More