Ubuyobozi n’Abaturage b’Umurenge wa Rugalika kuri uyu wa 12 Mata 2024 bibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu butumwa Dr Nahayo Sylvere, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi yagejeje ku bitabiriye kwibuka, yabasabye kwibuka...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga/Kwibuka30: Mushyire imbaraga hamwe murwanye ikibi-Gitifu Mudahemuka
Mu nteko y’Abaturage yo kuri uyu wa 09 Mata 2024 mu kagari ka Kidahwe( ahavuka Intwari y’u Rwanda Fred Gisa Rwigema) mu Murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka Kamonyi, Umuyobozi w’Umurenge yibukije abaturage ko igikorwa...
Read More
Kamonyi-Kwibuka30: Ubumwe bw’Abanyarwanda niwo musingi w’Iterambere rirambye-Meya Dr Nahayo
Dr Nahayo Sylvere, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wari umushyitsi mukuru mu gutangiza ku mugaragaro Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yibukije abari ku rwibutso rwa Kibuza mu Murenge wa Gacurabwenge...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Abaturage bati“ Dufite impamvu zifatika zo gushima no kwitorera Perezida”
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi kuri uyu wa 04 Mata 2024 bwasoje imikino y’umupira w’amaguru yahuzaga utugari 59 tugize aka karere, aho binyuze muri iyi mikino hagiye hatangwa ubutumwa ku kwimakaza imiyoborere myiza no gusaba...
Read More
Icyamamare muri Muzika, Davido agiye kujyana mu nkiko ibinyamakuru byamubeshyeye
Davido, icyamamare muri Afrobeat cyo muri Nigeria, yasabye abanyamategeko be gutanga ikirego nyuma y’ikinyoma gishobora kugaruka abagitanze bagamije gutebya ku munsi wo kubeshya. Iyo nkuru ibeshya yavugaga ko Davido yatawe muri yombi muri Kenya...
Read More
Itangazo risaba guhinduza amazina ya BAKUNDA Jadot
Uwitwa BAKUNDA JADOT, mwene Bakunda Anicet na Habimana francoise, utuye mu Mudugudu w’Amahoro, Akagari ka Kimihurura, Umurenge wa Kimihururira, Akarere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo...
Read More
Mu mboni za Mukabunani Christine, Transit Center( ibigo binyurwamo by’igihe gito) si ahantu heza-“ni habi pe!”
Umuyobozi w’ishyaka rya PS-Imberakuri, Mukabunani Christine avuga ko muri Transit Center ari ahantu habi, ko abahajyanwa kenshi usanga biva kuri munyumvishirize. Avuga kandi ko bamwe mu bakora muri ibi bigo atari abakwiye kuba bahakora...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Inkuba yishe umukobwa wari mu murima akura ibijumba
Ahagana ku mugoroba wo kuri uyu wa 24 Werurwe 2024, mu Mudugudu wa Kirehe, Akagari ka Kidahwe, Umurenge wa Nyamiyaga, Akarere ka Kamonyi ubwo imvura yari itangiye kugwa, Inkuba yakubise umwana w’umukobwa w’imyaka 15...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Abahebyi n’ababakingira ikibaba baciriwe amarenga y’urubategereje
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Alice Kayitesi yaburiye abacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko bazwi ku izina ry’“Abahebyi” kubivamo inzira zikigendwa. Yaburiye kandi ababacumbikira kimwe n’ababakingira ikibaba. Yasabye ubazi wese gutanga amakuru y’ababirimo mbere y’uko...
Read More
Kamonyi-Cooproriz: Amananiza mu kwishyura abahinzi no guhatirwa kuva muri banki ya BK
Bamwe mu bahinzi b’Umuceri mu kibaya cya Mukunguri babarizwa muri Koperative Cooproriz Abahuzabikorwa, by’umwihariko abafite Konti muri Banki ya BK barashinja ubuyobozi bwabo kutabishyura umusaruro bagemuye bakababeshya ko Konti zabo muri iyi Banki zasinziriye....
Read More