Coronavirus: Ingendo mu modoka rusange zijya/ziva Kigali zahagaritswe, utubari twose turafunzwe, Gutaha mu rugo biba saa moya…

Mu itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 26 Kanama 2020 iyobowe na Perezida Kagame, aho yabereye muri Village Urugwiro, bimwe mu byemezo bikaze byafashwe harimo; Kuba Buri wese ategetswe kuba yageze mu rugo saa moya, ingendo mu modoka rusange zihuza Kigali n’izindi ntara zirabujijwe, nta kabari na kamwe kemewe kaba n’ako muri Hotel…, ibyemezo bitangira kubahirizwa none kuwa 27 Kanama 2020.

Dore amabwiriza yose y’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri;

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →