• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
27/03/26
Amajyepfo: Polisi yafashe Litiro zisaga ibihumbi 157 zirimo n’iza Kanyanga, ifata Urumugi n’ababibarizwamo
27/03/26
Kamonyi-Nyarubaka: Umwana w’imyaka 4 y’amavuko yapfuye azize Ibiza
27/03/26
Kamonyi-Nyarubaka: Ingurube yabaye igitambo ku muryango wararanaga n’Amatungo, harokoka Ihene
27/03/26
Kamonyi: Meya Dr Sylvere Nahayo, ahaye komite nshya ya PSF umukoro

Guinea: Abantu bagera kuri 50 bararashwe barapfa mu gihe bari mu myigaragambyo.

Umwanditsi
October 1, 2020

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty Internationale, uratangaza ko umwaka ushize muri Guinea, abantu bagera kuri 50 barashwe bagapfa mu gihe bari mu myigaragambyo.

Raporo y’uyu muryango igaragaza ko abishwe bari mu myigaragambyo yo kwamagana Perezida Alpha Condé washakaga kwiyamamariza manda ya gatatu. Raporo nshya ya Amnesty ishyira mu majwi ingabo na Polisi kuba aribo bagize uruhare mu kurasa aba baturage.

Inkuru ya AFP igaragaza ko raporo y’uyu muryango isobanura neza ko abantu 200 bakomerekeye muri iyi myigaragambyo yabaye umwaka ushize, mu gihe abandi 70 batawe muri yombi n’inzego z’umutekano.

Amnesty Internationale ikaba iri gusaba ubuyobozi bwa Guinea gukora iperereza ryimbitse ku bashinjwa kwica abaturage b’inzirakarengane. Ibi byose bibaye mu gihe muri Guinea hateganijwe amatora ya Perezida muri uku kwezi k’Ukwakira 2020 nk’unko byagarutsweho na BBC.

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5942 Posts

Politiki

4191 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1048 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga