Jyana nanjye ureba mu mafoto ubwo Minisitiri w’intebe Anastase Murekezi yafunguraga Isange One Stop Center (ikigo cyakira abakorewe ihohoterwa) i Kabgayi hanyuma akanatangiza igikorwa cy’ubukangurambaga ku kurwanya no gukumira ihohoterwa rishingiye kugitsina n’irikorerwa abana , igikorwa kizamara amezi atatu , bivuga ko kizarangira mumpera y’ukwezi kw’Ukuboza 2015 ariko ibikorwa byo bikazakomeza.
Amafoto Minisitiri atambagizwa inzu ya Isange One Stop Center igizwe n’ibyumba umunani bigizwe n’ibiro n’ahakirirwa abakorewe ihohoterwa.
-
Umuyobozi mukuru wa polisi y'u Rwanda IGP Emmanuel Gasana hamwe na Minisitiri Agnes Binagwaho na Minisitiri Oda Gasinzigwa
-
Minisitiri w'intebe ahabwa ubusobanuro na bamwe mubakora muri One Stop Center
-
Minisitiri w'intebe asobanurirwa na bamwe muba polisi bakorera muri iyi One Stop Center
-
Ibikoresho biba mu cyumba bifasha abana kuba baganirizwa bikanafasha kumenya ihohoterwa bakorewe n'icyakoreshejwe
-
Icyumba bashyiramo abana bahuye n'ihohoterwa
-
Icyumba, uburiri, n'ibindi nkenerwa bijyanye n'isuku
-
Umuyobozi w'ibitaro bya Kabgayi aha Minisitiri w'intebe ibisobanuro kumikorerere y'ibitaro ayobora
-
-
Minisitiri w'intebe asobanurirwa n'umuyobozi w'ibitaro bya Kabgayi igikorwa bagiyemo
-
Abayobozi batandukanye bategereje Minisitiri w'intebe Anastase Murekezi
-
Ibitabo n'amakayi byifashishwa muri One stop Center
-
378 false false false
Amafoto kuri sitade y’akarere ka Muhanga hatangizwa gahunda y’ubukangurambaga bugamije gukumira no kurwanya ihohoterwa rishingiye kugitsina n’irikorerwa abana.
-
ibirori kuri Stade
-
Minisitiri w'intebe afungura imodoka ifite muri yo kwakirirwamo uwahuye n'ihohoterwa akabona ubufasha bw'ibanze mugihe ataragezwa kwa muganga
-
Polisi isobanurira Minisitiri w'intebe ibimaze kugerwaho
-
Uturere 17 kuri 30 nitwo tumaze kugeramo One Stop Center
-
-
-
-
-
-
Abakinnyi b'umukino ugamije kwerekana ibijyanye n'ihohoterwa
-
Umukino wo kwerekana ihohoterwa ribera mungo
-
384 false false false