• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
09/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
09/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
09/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

Huye: Abaturage bafite iminsi 28 yo gutanga ibitekerezo ku gishushanyombonera cy’umujyi

Umwanditsi
November 6, 2020

Tariki ya 5 ukwakira 2020 nibwo ubuyobozi bw’akarere ka Huye bwamurikiye igishushanyombonera cy’umujyi wa huye abahagarariye abaturage barimo abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirerenge n’abandi, abashinzwe ubutaka ku mirenge, abikorera, abahagarariye amadini n’amatorero n’abandi.

Iki ni igishushanyo kizaba gifite ubuso busaga hegitari 69, buvuye kuri 40 bwari busaznweho, ubuyobozi bw’akarere bwasabye abaturage gutanga ibitekerezo mbere y’uko cyemezwa, mu rwego rwo kubafasha kumenya aho batuye n’igiteganyijwe gukorerwaho.

Bamwe mu bamurikiwe iki gishushanyombonera bavuga ko ari byiza kubona abaturage bagira uruhare mu gutanga ibitekerezo kuri iki gishushanyombonera aho bemeza ko hari byinshi kizacyemura. Bavuga ko bikwiye ko basobanurira buri muturage wese ibijyanye n’amakarita kuko usanga hari abatazi kuyakoresha bakaba bagira ikibazo ku mikoreshereze y’ubutaka bwabo bitewe n’igikorwa bahashyize.

Umuyobozi w’akarere ka Huye, Ange Sebutege, avuga ko iki ikigishushanyombonera kije gubafasha abaturage kumenya aho batuye n’igiteganyijwe gukorerwaho, yabasabye kugira uruhare binyuze mu bitekerezo byabo kugirango hafatwe umwanzuro wanyuma mbere yuko cyemezwa
Abaturage bafite iminsi 28 yo gutanga ibitekerezo ku cyo bifuza ko byongerwamo.

Akarere ka Huye ni kamwe mu turere 6 twunganira umujyi wa Kigali, bityo igishushanyombonera gishya cyagateganyo cy’umujyi wa Huye, kizaba gifite ubuso busaga hegitari 69, buvuye kuri 40 bwari busaznweho, bukaba bukubiyemo umubare w’abaturage uteganwa mu cyerecyezo 2020-2050 ko bazaba ari hafi 380000 bavuye kuri 50 000 bawutuye kuri ubu. Ni Akarere gafite ubuso bwose bungana na kilometero kare 581.2, kagabanyijemo imirenge y’ubutegetsi 14, utugari 77 n’imidugudu 509.

Venuste Habineza/Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga