• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
30/06/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
30/06/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
30/06/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside
30/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: OLYMPIC FCA yatsinze FAPA(Abakanyujijeho mu MAVUBI) itwara irushanwa

Igitero cya Grenade I Burundi cyahitanye umuntu umwe gikomeretsa abasaga 20

Umwanditsi
July 10, 2020

Mu ijoro ry kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Nyakanga 2020, habaye igitero cya Grenade cy’abantu batazwi muri zone ya Buterere mu majyaruguru y’umurwa mukuru wa Bujumbura. Iki gitero cyahitanye umuntu umwe gikomeretsa abagera muri 20 nkuko ababibonye babihamya.

Umuntu umwe mubakomerekejwe n’iki gitero cya Grenade waraye mu bitaro by’abaganga batagira umupaka-MSF, birimo kuvurirwamo abakomeretse yemeza ko ubwe yiboneye abantu bagera kuri 20 bakomeretse.

Abategetsi, basaba abanyagihugu kwirinda amatsinda cyangwa udutsiko bihuriza abantu benshi hamwe ntacyo barimo gukora. Ni mu gihe abari hafi y’ahabereye iki gitero bo basaba abayoboye Polisi kongera abashinzwe umutekano na cyane cyane mu gihe cy’ijoro.

Igitero cyo kuri uyu wa gatatu nkuko ijwi rya Amerika ribitangaza, kije gikurikira ikindi cyagabwe mw’ijoro ry’itariki ya 10 rishira iya 11 Gicurasi 2020. Abantu babiri ni bo icyo gihe baguye muri icyo gitero cya grenade cyagabwe muri zone Kamenge ihana urubibe na Buterere. Icyo gihe, amakuru Ijwi ry’Amerika ryabonye ni uko ahatewe iyo grenade ari ahantu hanywera abakozi b’iperereza na bamwe mu bayobozi b’Igipolisi.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5823 Posts

Politiki

4074 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga