• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
12/07/26
Gisagara-Save: Hamenwe Litiro zirenga 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge
12/07/26
Kamonyi-ECOSE: Ishuri ritanga Uburezi n’Uburere rigafasha kuvumbura no gukuza impano z’abana mu mikino
12/07/26
Nyamagabe: Polisi n’izindi nzego bakanguriye abaturage gukumira ibyaha no kurwanya inkongi z’umuriro
12/07/26
Gacurabwenge: Abagize Umubano Family bizihije Ukwibohora 32 bagabira Uwarokotse Jenoside

Kamonyi : Iyo ushaka kuba umukire urabiharanira- Dr Rekeraho Emmanuel

Editor
October 6, 2015
Ifoto intyoza.com

Dr Rekeraho Emmanuel umuyobozi akaba na nyirikigo Eden Business center Ltd nyuma y’imyaka ine ashinze iki kigo ubu cyabaye uruganda rukomeye ndetse rutari rumwe kuko ubwacyo kifitemo inganda zisaga esheshatu kandi zose zikorera mu kigo kimwe.

Eden business center ni ikigo giherereye mu kagari ka Ruyenzi mu murenge wa Runda ho mu karere ka Kamonyi kikaba kandi ikigo gikorerwamo ibintu byinshi bitandukanye byaba ibijyanye n’ubuhinzi , ubworozi , kwigisha abantu kwihangira imirimo , imiti n’amavuta bitandukanye…

Ifoto intyoza.com
Dr Rekeraho Emmanuel Umuyobozi akaba na nyiri Eden Business Center

Dr Emmanuel avuga ko iki kigo gifite ibintu byinshi gikora birimo ubuvuzi gakondo byaba kuvura cyangwa gukora imiti kandi ku rwego mpuzamahanga , ibijyanye no gutanga amahugurwa ajyanye n’ubuhinzi ndetse n’ubworozi ,ubworozi bw’inkoko z’ubwoko butandukanye harimo n’inkware…

Dr Rekeraho Emmanuel avuga ko ubukire atari ikintu kizana ngo kikwiture ho ahubwo urabiharanira ukabirwanira kugera ubigezeho , aha Emmanuel anavuga ko urugendo rwe ari ukuba umwe mubakire bakomeye kandi ko ntakabuza ari munzira yo kubigeraho.

Hejuru y’ibyo hamwe n’ibindi byinshi bitandukanye bikorerwa muri iki kigo,Dr Rekeraho avuga ko mu nganda afite mo harimo , uruganda rukora amavuta yo kwisiga y’ubwoko butandukanye , amasabune y’ubwoko butandukanye , uruganda rukora amacaki , urukora amasabune n’ibindi binyuranye.
Hari zimwe mu ndwara abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga bazi ko bigoye kuzivura cyangwa se kuzibonera imiti nyamara Dr Emmanuel avuga ko rwose kuzivura bishoboka ndetse zigakira burundu zirimo Diyabete , Asima n’izindi.

Reba ku mafoto bimwe mubikorerwa muri Eden Business center

Share Article

Follow Me Written By

Editor

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5994 Posts

Politiki

4241 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1062 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

161 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga