• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
15/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
15/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi
15/09/25
Gisagara: Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri yatawe muri yombi azira ibiryo by’abana

ONU iravuga ko Koreya ya Ruguru yakomeje igisirikare mu mafaranga y’ubujura

Umwanditsi
February 10, 2021

Raporo yo mw’ibanga y’Umuryango w’Abibumbye-ONU ivuga ko Koreya ya ruguru yibye miliyoni amagana z’amadolari, iyakoresha mu gukomeza porogaramu zayo za Nikleyeli na Misile, biciye ukubiri n’amategeko mpuzamakungu. Iyo raporo yabonywe n’ibitangazamakuru kuri uyu wa kabiri tariki 09 Gashyantare 2021.

Kimwe mu bihugu bigize ONU kitavuzwe izina cyatangaje ko iyo raporo ivuga ko igisirikare cya Koreya ya ruguru cyakomejwe n’amafaranga angana na miliyoni 300 z’amadolari icyo gihugu cyibye hakoreshejwe ubuhanga bwa interineti.

Ayo mafaranga yaguze misile zo mu bwoko bwa Balistike, kandi iyo raporo ivuga ko izo misile zishobora gutera ubumara bwa Nikleyeli gushyika/kugera muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Icyo cyegeranyo cyanditswe n’abagenzuzi bigenga bo mu itsinda ry’akanama ka ONU rishinzwe amahoro n’umutekano, rikurikirana ibihano kuri Koreya ya ruguru.

Koreya ya ruguru nkuko VOA ibitangaza, iri mu bihano yafatiwe na ONU, Leta zunze ubumwe z’Amerika hamwe n’ishyirahamwe ry’Ubumwe bw’Uburayi. Ariko abakurikiranira hafi iby’icyo gihugu bavuga ko ibi bihano bitashyitse ku cyo byafatiwe.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5863 Posts

Politiki

4114 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1008 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

142 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga