• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
10/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
10/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
10/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
10/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

Papa Francis yemeje Ihuriro riharanira Ubumwe bw’Abaryamana bahuje ibitsina

Umwanditsi
October 22, 2020

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, avuga ko abaryamana bahuje ibitsina ari abana b’Imana. Yemeje ihuriro ry’amashyirahamwe y’abaryamana bahuje igitsina ku nshuro ya mbere kuva yafata umwanya wa papa.

Iki cyemezo cyije binyuze mu nyandiko yiswe Francesco, yagaragaye muri Film mbarankuru yagaragaye bwa mbere mu iserukiramuco rya sinema I Roma kuri uyu wa Gatatu Tariki 21 Ukwakira 2020.

Iyi filime yibanze ku bibazo Francis yitaho cyane harimo ibidukikije, ubukene, abimukira, ubusumbane bushingiye ku moko no ku baturage, ndetse n’abaturage bibasiwe cyane n’ivangura.
Francis yavuze ko abaryamana bahuje igitsina nabo ari abana b’Imana.

Ati:’’Abaryamana bahuje igitsina bafite uburenganzira bwo kuba mu muryango. Ni abana b’Imana, Icyo tugomba kugira ni itegeko ry’ubumwe bw’abaturage; ubwo buryo butwikiriwe n’amategeko”.

Mu gihe yari umwepisikopi mukuru wa Buenos Aires, Francis yemeje ihuriro ry’amashyirahamwe y’abasivili ku bashakanye bahuje ibitsina mu rwego rwo gushyingiranwa kw’abahuje igitsina.

Icyakora, Papa Francis ntabwo yari yarigeze ashyira kumugaragaro ko ashyigikire abaryamana bahuje igitsina nka papa kugeza ubu.
Source: 247nnu.com

Venuste Habineza/Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga