• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
12/05/26
Ngamba-Kwibuka32: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barashima ko gusaba kwabo kumviswe nyuma y’imyaka 32
12/05/26
Kamonyi-Kwibuka32: Urugaga rw’Abikorera/PSF rwiyemeje kubakira abarokotse Jenoside batishoboye, inzu 4
12/05/26
Runda: Abanyerondo 270 barimo Abagore 13 bambitswe impuzankano(Uniform)nshya, basabwa kudakangwa n’Abanyabyaha
12/05/26
Mu itangazamakuru haracyarimo icyuho ku gukora inkuru ku ngengo y’Imari- Fulgence/FOJO

Taiwan irifuza ibiganiro bifatika n’igihugu cy’Ubushinwa

Umwanditsi
October 11, 2020

Igihugu cya Taiwan cyatangaje ko kifuza kugirana ibiganiro bifatika n’igihugu cy’ubushinwa mu buryo bungana hagati y’impande zombi. Ni nyuma y’uko ibi bihugu bimaze igihe mu makimbirane ashingiye ku gice ubushinwa bwita icyabwo.

Ibi byatangajwe na perezida wa Taiwan, Tsai Ing-wen kuri uyu wa gatandatu tariki 10 Ukwakira 2020 mu rwego rwo gushakira umuti urambye amakimbirane amaze igihe hagati y’igisirikare cya Taiwan ndetse n’’icy’ubushinwa gisanzwe kivuga ko iki kirwa cya Taiwan ari ifasi cg se igice cy’Ubushinwa ariko kigenga nkuko reuters yabitangaje.

Igihugu cya Taiwan cyagiye cyotswa igitutu n’igihugu cy’ubushinwa ndetse ubushinwa buza no kongera ibikorwa by’ingabo zirwanira mu kirere hafi y’umupaka uhuza ibi bihugu byombi mu byumweru bike bishize, harimo no kwambukiranya umurongo wo hagati wa Tayiwani usanzwe ukora nka zone ya buffer idasanzwe.

Leta zunze ubumwe z’amerika zagiye zihatira Tayiwani kuvugurura igisirikare cyayo kugira ngo ibe igihugu gikomeye ”, bigoye ko Ubushinwa bushobora gutera. nubwo Amerika ari igihugu gikomeye ku isi, kimwe n’ibindi bihugu byinshi, ntabwo ifitanye umubano w’ububanyi n’amahanga n’igihugu cya Taiwan.
Source:Aljazeera

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5962 Posts

Politiki

4210 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1051 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga