• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/07/26
Kamonyi: Abarerera mu ishuri“Legacy Academy” barishimira Uburezi n’Uburere bihabwa abana babo
14/07/26
Gisagara-Save: Hamenwe Litiro zirenga 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge
14/07/26
Kamonyi-ECOSE: Ishuri ritanga Uburezi n’Uburere rigafasha kuvumbura no gukuza impano z’abana mu mikino
14/07/26
Nyamagabe: Polisi n’izindi nzego bakanguriye abaturage gukumira ibyaha no kurwanya inkongi z’umuriro

Tajikistan: Rakhmon yatsinze amatora y’umukuru w’Igihugu n’amajwi arenga 90% 

Umwanditsi
October 13, 2020

Kuri uyu wa mbere tariki 12 Ukwakira 2020, umuyobozi wa Tajigistan, Emomali Rakhmon, yatsinze amatora y’umukuru w’Igihugu n’amajwi arenga 90 ku ijana, aho yarahanganye n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi gusa.

Komisiyo ishinzwe amatora yavuze ko 90.9 ku ijana by’abatoye mu matora yo ku cyumweru igaragaza ko Emomali Rakhmon ariwe ugiye kuyobora manda nshya y’imyaka irindwi. Komisiyo ishinzwe amatora ivuga ko abitabiriye amatora barenga 85 ku ijana. Iyi ntsinzi yemerera Rakhmon kuyobora manda ya gatatu.

Mu gihe amajwi atavugwaho rumwe mu bihugu bituranye na Kirigizisitani ndetse na Beralus yahoze ari Repubulika y’Abasoviyeti yateje imvururu zikomeye, ibintu nk’ibi bigaragara ko bidashoboka muri Tajikistan.

Rakhmon na guverinoma ye bahura n’ibibazo bitigeze bibaho nyuma y’uko ubukungu bwifashe nabi mu bihugu byose byasimbuye Abasoviyeti bifatanije n’abandi mu kwibasirwa n’icyorezo cya coronavirus.

Bavuga ko Abanyatijani barenga miliyoni bakorera mu mahanga, cyane cyane mu Burusiya.
Alex Kochkarov, impuguke mu bushakashatsi mu gihugu muri IHS Markit i Londres yavuze ko amafaranga yoherejwe mu gihugu yagabanutseho “ku gipimo cya 15-25% ku mwaka nk’uko raporo zitandukanye zibitangaza”.
Source: www.gulftoday.ae

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5995 Posts

Politiki

4242 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1062 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

161 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga