• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
04/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi ikomeje guhiga bukware Abahebyi mu bucukuzi bw’Amabuye y’agaciro
04/07/25
Kamonyi-Ubudaheranwa: Ubuyobozi bwa SACCO 12 bwaremeye Abarokotse Jenoside batishoboye
04/07/25
Kamonyi-Ngamba: Iminsi y’umujura yabagereyeho bafatwa bataragurisha Ingurube bishe bakayibaga
04/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Uko uturere twesheje imihigo kuva kuri Nyaruguru ya mbere kugera kuri Rusizi yaherutse utundi

Umwanditsi
October 30, 2020

Uturere tw’u Rwanda twose kuri uyu wa 30 ukwakira 2020 twasinyanye imihigo na Perezida wa Repubulika Kagame Paul. Nyaruguru niyo yaserutse ku mwanya wa mbere mu mihigo ya 2019-2020, mu gihe Akarere ka Karongi kaherekeje utundi.

Perezida Kagame, yavuze ko ubushize yanze ihigurwa n’isinywa ry’imihigo bitewe nuko itatangaga ibisubizo nyabyo bibangamiye imibereho y’abaturage. Yasabye abayobozi gutera intambwe bagakora kurushaho ku buryo bazahigura bagasinya n’indi hari intambwe isumbye kuya none. Yasabye kandi buri wese kwita ku muturage, by’umwihariko serivise ahabwa.

Umukuru w’Igihugu, yibukije ko amategeko atabereyeho kuyica ariko kandi ko atanabereyeho gutuma abantu badakora ibyo bakwiye gukora batazaririye, batihuta kubera kuyitwaza. Yabwiye aba bayobozi ko ushobora kwihuta ugakora neza kandi utanyuranije n’amategeko, ko kandi atabona urwitwazo mu bananirwa ibyo bakora kuko Igihugu kiba cyabahaye byose, ko nutabona umwanya yakwishyura umukorera ariko ibigomba gukorwa bigakorwa neza nta kudindira.

Uhereye iburyo ni; Mayor wa Nyaruguru wahize abandi, hakurikiraho Perezida Kagame, hagakurikiraho Mayor wa Huye yabaye iya kabiri hanyuma Mayor wa Rwamagana yabaye iya Gatatu.

Uko uturere dukurikirana;
Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5827 Posts

Politiki

4078 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga