• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
01/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
01/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
01/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

Umuntu wa mbere ufite Corana Virus ku butaka bw’u Rwanda

Umwanditsi
March 14, 2020

Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Werurwe 2020 yatangaje ko hari Umuhinde waje aturutse i Mumbai mu minsi 6 ishize wagaragaweho uburwayi bwa Corona Virus(COVID-19).

Minisiteri y’Ubuzima, itangaza ko uyu Muhinde wageze ku butaka bw’u Rwanda tariki ya 08 Werurwe 2020 atagaragaza ibimenyetso by’ubu burwayi. Yaje kwishyikiriza indwara z’ubuzima tariki 13 Werurwe 2020, asuzumwe basanga ararwaye, ahita ashyirwa ahantu ha wenyine aho arimo kwitabwaho.

Minisiteri y’ubuzima yatangaje kandi ko yatangiye gukurikirana inzira zose uyu muhinde yanyuze, kugira ngo harebwe niba nta bandi bantu baba baranduye.

Mu butumwa bwa Minisiteri y’ubuzima yatanze, irasaba buri wese ko akwiye kwita no gukurikiza amabwiriza atangwa n’inzego z’ubuzima ku kwirinda iyi ndwara, kugira isuku hakarabwa intoki, kwirinda ahantu hahurira abantu benshi hamwe no kwihutira gutanga amakuru kuwo bakeka ko afite ibimenyetso by’iyi ndwara no guhamagara kuri nomero 114 itishyuzwa.

Photo / WLFI.com

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga