Politiki

Ruhango-Kabagali: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho Ubujura bw’Intsinga z’Amashanyarazi yari atwaye

Kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Kabagali, ku bufatanye bw’Inzego z’Ibanze n’Abaturage, Polisi y’u Rwanda ikorera muri aka Karere yafashe Umugabo w’Imyaka 42 y’amavuko ukekwaho ubujura bw’Insinga z’Amashanyarazi zipima Metero 40,(40m) z’Uburebure. Uwatawe muri yombi, intsinga yari azihetse ku igare zihishe mu mufuka yatangiye kuzishishura. Umuvugizi wa Polisi y’u […]

Amajyepfo-Turindane: Kamonyi ku isonga mu mpanuka zirimo izihitana ubuzima bw’Abantu

Kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2025, Polisi y’u Rwanda yakoze igikorwa cy’Ubukangurambaga yise“ Turindane-Tugereyo Amahoro”. Ni igikorwa cyabaye ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, Kibera muri Gare ya Bishenyi mu Murenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, hagenderewe gukangurira abakoresha umuhanda, baba; Abanyamaguru, Abatwara ibinyabiziga, Ibinyamitende n’abandi gukaza ingamba zifasha buri wese kwirinda no kurinda abandi Impanuka. Imibare […]

Umunyamahirwe muri FORTEBET byamusabye gusa iminota 7 kugira ngo atsindire 247,860 Frws

Ibikubo bingana 9.00 nibyo byahesheje umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira 247,860 Frws gusa. Nk’ibisanzwe imikino y’Umupira w’amaguru wa vaco yishyura vuba cyane kurusha indi mikino yose. Uyu munyamahirwe muri FORTEBET, yahisemo amakipe atega ku bitego, byose bihura n’ibikubo bya 9.00 na 9.00 Yateze 3000RWF nyuma y’iminota 7 umukino wa mbere uratangira maze atsindira 247,860RWF. Ipari yakoze […]

Kamonyi: Ubuyobozi bw’Akarere ku Ruhimbi rw’Itorero EPR mu cyumweru cyahariwe Umuryango

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi( ba Visi Meya bombi), kuri uyu wa 09 Ugushyingo 2025 batangije Icyumweru cyahariwe Umuryango bari ku mwe n’Abakirisito b’Itorero EPR Paruwase Gihinga n’Ubuyobozi bw’Itorero. Aba bakirisito basabwe kuba ku Isonga mu kugira Umuryango ushoboye kandi Utekanye, Banga icyo aricyo cyose cyatuma Umuryango uhungabana. Nk’abamenye Imana, bakamenya icyo Ishaka ku muryango basabwe […]

Kamonyi-Mugina: Imikino yabaye inzira y’Ubukangurambaga ku Isuku n’Isukura

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Mugina bwasoje Ubukangurambaga ku Isuku n’Isukura bumazemo ukwezi kurenga. Mu kubukora, hifashishijwe imikino itandukanye irimo; Umupira w’Amaguru, Imbyino n’Imivugo. Mu gusoza iki gikorwa, habaye Umukino w’Umupira w’Amaguru wahuje Akagari ka Mbati katsinzwe n’aka Mugina ibitego 2-1. Epimaque Munyakazi, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugina […]

Aheruka

Ubukungu

Izo twabahitiyemo

Ubuzima

Amajyepfo-Turindane: Kamonyi ku isonga mu mpanuka zirimo izihitana ubuzima bw’Abantu

Kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2025, Polisi y’u Rwanda yakoze igikorwa cy’Ubukangurambaga yise“ Turindane-Tugereyo Amahoro”. Ni igikorwa cyabaye ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, Kibera muri Gare ya Bishenyi mu Murenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, hagenderewe gukangurira abakoresha umuhanda, baba; Abanyamaguru, Abatwara ibinyabiziga, Ibinyamitende n’abandi gukaza ingamba zifasha buri wese kwirinda no kurinda abandi Impanuka. Imibare […]

Kamonyi-Mugina: Imikino yabaye inzira y’Ubukangurambaga ku Isuku n’Isukura

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Mugina bwasoje Ubukangurambaga ku Isuku n’Isukura bumazemo ukwezi kurenga. Mu kubukora, hifashishijwe imikino itandukanye irimo; Umupira w’Amaguru, Imbyino n’Imivugo. Mu gusoza iki gikorwa, habaye Umukino w’Umupira w’Amaguru wahuje Akagari ka Mbati katsinzwe n’aka Mugina ibitego 2-1. Epimaque Munyakazi, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugina […]

Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse

Wabyita gukorera mu manegeka cyangwa gukorera mu gisa n’ubuhungiro nyuma y’uko imwe mu nyubako nini y’Ikigo Nderabuzima cya Musambira ifashwe n’inkongi y’Umuriro Tariki 12 Werurwe 2025. Gusana no kubaka ibyangijwe biri kugana ku musozo. Abagana ikigo nderabuzima ndetse n’ubuyobozi bwacyo barishimira aho imirimo igeze ari nako hitegurwa kugaruka gutangira Serivise ahantu hasobanutse. Mu gitondo cyo […]

Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro

Ubushakashatsi bwa Karindwi ku mibereho y’ingo mu Rwanda (EICV7) buherutse kugaragaza ko Akarere ka Nyamagabe gakennye kurusha utundi ku kigero cya 51,4%. Abaturage, bavuga ko kimwe mu bibatera ubukene harimo kuba bahinga ubutaka busharira ntibabashe kweza ngo basagurire n’amasoko, kutagira ifumbire ihagije ariko kandi no kugorwa no kuhira. Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Mark Bagabe Cyubahiro […]

Kamonyi-Rugalika: Umugabo uzwi ku izina rya Lizembe yapfuye Umugore yisanga mu maboko atari aye

Umugabo witwa Ukurikiyeyezu Jean Damascene bakundaga kwita Lizembe wacururizaga inyama Bishenyi, wari atuye mu Mudugudu wa Kagangayire, Akagari ka Sheli, Umurenge wa Rugalika ho mu Karere ka Kamonyi yasanzwe mu rugo iwe yapfuye bituma umugore we afatwa arafungwa. Amakuru intyoza.com ikesha bamwe mu baturage ba hafi ni uko uyu nyakwigendera kuri uyu wa Gatandatu tariki […]

Kamonyi-Rugalika: Abageze mu zabukuru barashimira Perezida Paul Kagame wabarinze gusaza badasabiriza

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi kuri uyu wa 07 Ukwakira 2025 bwifatanije n’Abageze mu zabukuru kwizihiza Umunsi mpuzamahanga wabahariwe. Ibirori byo kwizihiza uyu munsi byabereye mu Murenge wa Rugalika ku Gihango cy’Urungano. Bashimiye Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame we bavuga ko yabaciriye inzira nziza, abaha kubaho neza, abarinda gusaza basabiriza. Clothilde Mukamulisa, akuriye ihuriro ry’Abageze […]

Ubutabera

Ikoranabuhanga