Politiki

HOWO(HOHO) ishobora kuba atari ikibazo, ahubwo abazitwara-ACP Boniface Rutikanga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga avuga ko nubwo atari umuvugizi w’uruganda rukora ubwoko bw’izi modoka za HOWO/HOHO zikunze gushyirwa mu majwi na benshi mu gukora no gukoresha impanuka, kuri we ngo ikibazo abantu bavuga ko zifite bakwiye kukirebera ahandi nko mu bazitwara kuko ikoranabuhanga zifite bashobora kuba batarizi. Mu kiganiro ACP Boniface […]

Kamonyi-Rugalika: Hasojwe icyumweru cy’Umuryango hasezerana abarimo umaze imyaka 50

Ku Gihango cy’Urungano imbere y’ibiro by’Akagari ka Kigese kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo hamwe n’ubw’Akarere ka Kamonyi bifatanije n’Abaturage b’Umurenge wa Rugalika gusoza icyumweru cyahariwe Umuryango. Hasezeranijwe imiryango 9 yabanaga nta sezerano, irimo umwe umaranye imyaka 50 nta tegeko ribazi nk’Umugabo n’Umugore, Hatanzwe imashini zidoda ku basoje amasomo y’Ubudozi, hatangwa inama […]

Ruhango-Kabagali: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho Ubujura bw’Intsinga z’Amashanyarazi yari atwaye

Kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Kabagali, ku bufatanye bw’Inzego z’Ibanze n’Abaturage, Polisi y’u Rwanda ikorera muri aka Karere yafashe Umugabo w’Imyaka 42 y’amavuko ukekwaho ubujura bw’Insinga z’Amashanyarazi zipima Metero 40,(40m) z’Uburebure. Uwatawe muri yombi, intsinga yari azihetse ku igare zihishe mu mufuka yatangiye kuzishishura. Umuvugizi wa Polisi y’u […]

Amajyepfo-Turindane: Kamonyi ku isonga mu mpanuka zirimo izihitana ubuzima bw’Abantu

Kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2025, Polisi y’u Rwanda yakoze igikorwa cy’Ubukangurambaga yise“ Turindane-Tugereyo Amahoro”. Ni igikorwa cyabaye ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, Kibera muri Gare ya Bishenyi mu Murenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, hagenderewe gukangurira abakoresha umuhanda, baba; Abanyamaguru, Abatwara ibinyabiziga, Ibinyamitende n’abandi gukaza ingamba zifasha buri wese kwirinda no kurinda abandi Impanuka. Imibare […]

Umunyamahirwe muri FORTEBET byamusabye gusa iminota 7 kugira ngo atsindire 247,860 Frws

Ibikubo bingana 9.00 nibyo byahesheje umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira 247,860 Frws gusa. Nk’ibisanzwe imikino y’Umupira w’amaguru wa vaco yishyura vuba cyane kurusha indi mikino yose. Uyu munyamahirwe muri FORTEBET, yahisemo amakipe atega ku bitego, byose bihura n’ibikubo bya 9.00 na 9.00 Yateze 3000RWF nyuma y’iminota 7 umukino wa mbere uratangira maze atsindira 247,860RWF. Ipari yakoze […]

Aheruka

Ubukungu

Izo twabahitiyemo

Ubuzima

HOWO(HOHO) ishobora kuba atari ikibazo, ahubwo abazitwara-ACP Boniface Rutikanga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga avuga ko nubwo atari umuvugizi w’uruganda rukora ubwoko bw’izi modoka za HOWO/HOHO zikunze gushyirwa mu majwi na benshi mu gukora no gukoresha impanuka, kuri we ngo ikibazo abantu bavuga ko zifite bakwiye kukirebera ahandi nko mu bazitwara kuko ikoranabuhanga zifite bashobora kuba batarizi. Mu kiganiro ACP Boniface […]

Kamonyi-Rugalika: Hasojwe icyumweru cy’Umuryango hasezerana abarimo umaze imyaka 50

Ku Gihango cy’Urungano imbere y’ibiro by’Akagari ka Kigese kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo hamwe n’ubw’Akarere ka Kamonyi bifatanije n’Abaturage b’Umurenge wa Rugalika gusoza icyumweru cyahariwe Umuryango. Hasezeranijwe imiryango 9 yabanaga nta sezerano, irimo umwe umaranye imyaka 50 nta tegeko ribazi nk’Umugabo n’Umugore, Hatanzwe imashini zidoda ku basoje amasomo y’Ubudozi, hatangwa inama […]

Amajyepfo-Turindane: Kamonyi ku isonga mu mpanuka zirimo izihitana ubuzima bw’Abantu

Kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2025, Polisi y’u Rwanda yakoze igikorwa cy’Ubukangurambaga yise“ Turindane-Tugereyo Amahoro”. Ni igikorwa cyabaye ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, Kibera muri Gare ya Bishenyi mu Murenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, hagenderewe gukangurira abakoresha umuhanda, baba; Abanyamaguru, Abatwara ibinyabiziga, Ibinyamitende n’abandi gukaza ingamba zifasha buri wese kwirinda no kurinda abandi Impanuka. Imibare […]

Kamonyi-Mugina: Imikino yabaye inzira y’Ubukangurambaga ku Isuku n’Isukura

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Mugina bwasoje Ubukangurambaga ku Isuku n’Isukura bumazemo ukwezi kurenga. Mu kubukora, hifashishijwe imikino itandukanye irimo; Umupira w’Amaguru, Imbyino n’Imivugo. Mu gusoza iki gikorwa, habaye Umukino w’Umupira w’Amaguru wahuje Akagari ka Mbati katsinzwe n’aka Mugina ibitego 2-1. Epimaque Munyakazi, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugina […]

Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse

Wabyita gukorera mu manegeka cyangwa gukorera mu gisa n’ubuhungiro nyuma y’uko imwe mu nyubako nini y’Ikigo Nderabuzima cya Musambira ifashwe n’inkongi y’Umuriro Tariki 12 Werurwe 2025. Gusana no kubaka ibyangijwe biri kugana ku musozo. Abagana ikigo nderabuzima ndetse n’ubuyobozi bwacyo barishimira aho imirimo igeze ari nako hitegurwa kugaruka gutangira Serivise ahantu hasobanutse. Mu gitondo cyo […]

Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro

Ubushakashatsi bwa Karindwi ku mibereho y’ingo mu Rwanda (EICV7) buherutse kugaragaza ko Akarere ka Nyamagabe gakennye kurusha utundi ku kigero cya 51,4%. Abaturage, bavuga ko kimwe mu bibatera ubukene harimo kuba bahinga ubutaka busharira ntibabashe kweza ngo basagurire n’amasoko, kutagira ifumbire ihagije ariko kandi no kugorwa no kuhira. Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Mark Bagabe Cyubahiro […]

Ubutabera

Ikoranabuhanga