Politiki

Kamonyi-Mugina: Ku munsi w’Ubwiherero, bibukijwe kwita ku isuku

Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’Ubwiherero “World toilet Day” mu Kagari ka Nteko, Umurenge wa Mugina ho mu Karere ka Kamonyi, kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2025, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage, Uwiringira Marie Josée yibukije Abaturage kwita ku isuku y’Umubiri, iy’aho batuye, Bagenda ndetse n’aho bakorera. By’umwihariko, yabasabye kugira ubwiherero busa […]

Kamonyi-Runda/Gihara: Polisi yataye muri yombi ukekwaho Ubucuruzi bw’Ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2025, ku bufatanye n’Abaturage hamwe n’Inzego z’Ibanze, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi yafashe Umugabo w’imyaka 37 y’Amavuko ukekwaho GUCURUZA no GUKWIRAKWIZA Ibiyobyabwenge. Yafatiwe mu Mudugudu wa Bimba, Akagari ka Gihara ho mu Murenge wa Runda, afatanwa Ibiro birenga bibiri(2kgs) by’Urumogi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara […]

Kamonyi: RIB yafunze uwiyitaga Umutoza w’ikipe y’Abana, azira gutwara Miliyoni z’Ababyeyi babo

Ntibishimirwa Patrick ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha/RIB, aho akurikiranyweho gutwara amafaranga agera kuri Miliyoni 5 yahawe n’Ababyeyi bo mu Murenge wa Nyamiyaga ya Kamonyi abizeza ko ari umutoza kandi azatwara abana babo mu ikipe nto izwi nk’Akademi( Academy) ya APR. Dr Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha/RIB yabwiye intyoza.com ko ibyo uyu Ntibishimirwa […]

Umunyamahirwe muri FORTEBET yateze ibiceri 200 gusa atsindira 2,465,813

Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe w’Umunyabwenge muri FORTEBET yateze ku gice cy’Umukino kibonekamo ibitego byinshi bimuhesha amahirwe yo gutsindira 2,465,813Frws. Ku biceri 200Frws byonyine mu mufuka, umunyamahirwe w’iki cyumweru ntabwo yadutengushye! Nyuma yo kureba ukuntu imikino itanu bagiye batsindana, uyu munyamahirwe yatsindiye amafaranga ye akoresheje uburyo; bw’igice cy’umukino kibonekamo ibitego byinshi ahitamo igice cya kabiri. Iyi […]

HOWO(HOHO) ishobora kuba atari ikibazo, ahubwo abazitwara-ACP Boniface Rutikanga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga avuga ko nubwo atari umuvugizi w’uruganda rukora ubwoko bw’izi modoka za HOWO/HOHO zikunze gushyirwa mu majwi na benshi mu gukora no gukoresha impanuka, kuri we ngo ikibazo abantu bavuga ko zifite bakwiye kukirebera ahandi nko mu bazitwara kuko ikoranabuhanga zifite bashobora kuba batarizi. Mu kiganiro ACP Boniface […]

Aheruka

Ubukungu

Izo twabahitiyemo

Ubuzima

Kamonyi-Mugina: Ku munsi w’Ubwiherero, bibukijwe kwita ku isuku

Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’Ubwiherero “World toilet Day” mu Kagari ka Nteko, Umurenge wa Mugina ho mu Karere ka Kamonyi, kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2025, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage, Uwiringira Marie Josée yibukije Abaturage kwita ku isuku y’Umubiri, iy’aho batuye, Bagenda ndetse n’aho bakorera. By’umwihariko, yabasabye kugira ubwiherero busa […]

Kamonyi-Runda/Gihara: Polisi yataye muri yombi ukekwaho Ubucuruzi bw’Ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2025, ku bufatanye n’Abaturage hamwe n’Inzego z’Ibanze, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi yafashe Umugabo w’imyaka 37 y’Amavuko ukekwaho GUCURUZA no GUKWIRAKWIZA Ibiyobyabwenge. Yafatiwe mu Mudugudu wa Bimba, Akagari ka Gihara ho mu Murenge wa Runda, afatanwa Ibiro birenga bibiri(2kgs) by’Urumogi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara […]

HOWO(HOHO) ishobora kuba atari ikibazo, ahubwo abazitwara-ACP Boniface Rutikanga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga avuga ko nubwo atari umuvugizi w’uruganda rukora ubwoko bw’izi modoka za HOWO/HOHO zikunze gushyirwa mu majwi na benshi mu gukora no gukoresha impanuka, kuri we ngo ikibazo abantu bavuga ko zifite bakwiye kukirebera ahandi nko mu bazitwara kuko ikoranabuhanga zifite bashobora kuba batarizi. Mu kiganiro ACP Boniface […]

Kamonyi-Rugalika: Hasojwe icyumweru cy’Umuryango hasezerana abarimo umaze imyaka 50

Ku Gihango cy’Urungano imbere y’ibiro by’Akagari ka Kigese kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo hamwe n’ubw’Akarere ka Kamonyi bifatanije n’Abaturage b’Umurenge wa Rugalika gusoza icyumweru cyahariwe Umuryango. Hasezeranijwe imiryango 9 yabanaga nta sezerano, irimo umwe umaranye imyaka 50 nta tegeko ribazi nk’Umugabo n’Umugore, Hatanzwe imashini zidoda ku basoje amasomo y’Ubudozi, hatangwa inama […]

Amajyepfo-Turindane: Kamonyi ku isonga mu mpanuka zirimo izihitana ubuzima bw’Abantu

Kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2025, Polisi y’u Rwanda yakoze igikorwa cy’Ubukangurambaga yise“ Turindane-Tugereyo Amahoro”. Ni igikorwa cyabaye ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, Kibera muri Gare ya Bishenyi mu Murenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, hagenderewe gukangurira abakoresha umuhanda, baba; Abanyamaguru, Abatwara ibinyabiziga, Ibinyamitende n’abandi gukaza ingamba zifasha buri wese kwirinda no kurinda abandi Impanuka. Imibare […]

Kamonyi-Mugina: Imikino yabaye inzira y’Ubukangurambaga ku Isuku n’Isukura

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2025, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Mugina bwasoje Ubukangurambaga ku Isuku n’Isukura bumazemo ukwezi kurenga. Mu kubukora, hifashishijwe imikino itandukanye irimo; Umupira w’Amaguru, Imbyino n’Imivugo. Mu gusoza iki gikorwa, habaye Umukino w’Umupira w’Amaguru wahuje Akagari ka Mbati katsinzwe n’aka Mugina ibitego 2-1. Epimaque Munyakazi, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugina […]

Ubutabera

Ikoranabuhanga