• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
24/06/26
Kamonyi-Mugina: Umuyobozi wa GS st Esidore aravugwaho gukubita umwarimu akamukomeretsa
24/06/26
Kamonyi-Ruyenzi Sporting Club: OLYMPIC FC yisubije Igikombe cyo Kwibuka Abasiporutifu
24/06/26
Kamonyi-EXPO: Abaturage barakangurirwa kugera ahabera Imurikabikorwa n’Imurikagurisha/EXPO
24/06/26
Ruhango: Urubyiruko rwasabwe kumenya amateka y’u Rwanda no kugira uruhare mu gukumira ibyaha

UEFA 2015-2016 , Uko Amakipe azacakirana byamenyekanye

Editor
September 8, 2015
Ifoto uefa15-16

Nyuma y’uko benshi mubakunzi b’umupira w’amaguruku ku Isi bari bategereje kumenya uko amakipe azacakirana mu mikino ihuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo k’umugabane w’Uburayi ( UEFA ) mu mwaka wa 2015-2016 , amatsiko yashize kuko amakipe yashyizwe mu matsinda .

Hakozwe amatsinda 8, icyagaragaye ni uko amakipe amwe yisanze mu matsinda ayakomereye ayandi nayo akisanga mu itsinda riyoroheye bitewe n’urwego abarizwaho ,Bamwe mu abakinnyi b’umupira w’amaguru n’abakunzi bawo cyane cyane abakunzi ba Arsenal ikipe yo mubwongereza batunguwe no kongera gutombora ikipe yo mubudage Bayern Munich kuko bavuga ko bamaze guhura kenshi muri iki gikombe .

Abenshi mubakunzi b’uyu mukino w’umupira w’amaguru nyuma yo kubona uko urutonde ruhagaze , uko amakipe yashyizwe mumatsinda cyane cyane abakunda amakipe yo mubwongereza bavuga ko  Manchester United ariyo kipe yaho yaba yatomboye neza nkuko mubireba k’urutonde rw’uko amatsinda ahagaze.

[table id=1 /]

Ifoto best-player14-15Uretse igikorwa cyo gutombora no gushyirwa mu matsinda hakurikijwe uko amakipe azahura , hanabaye igikorwa cyo gutora umukinnyi mwiza kurusha abandi k’umugabane w’I Burayi , ku Abagabo bakina umupira w’amaguru hatowe Lionel Messi akaba akinira ikipe ya Barcelona naho mubagore hatorwa Célia Šašić ukinira ikipe ya Frankfurt mubudage.

Share Article

Follow Me Written By

Editor

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5987 Posts

Politiki

4234 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1058 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

159 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga