• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
12/05/26
Ngamba-Kwibuka32: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barashima ko gusaba kwabo kumviswe nyuma y’imyaka 32
12/05/26
Kamonyi-Kwibuka32: Urugaga rw’Abikorera/PSF rwiyemeje kubakira abarokotse Jenoside batishoboye, inzu 4
12/05/26
Runda: Abanyerondo 270 barimo Abagore 13 bambitswe impuzankano(Uniform)nshya, basabwa kudakangwa n’Abanyabyaha
12/05/26
Mu itangazamakuru haracyarimo icyuho ku gukora inkuru ku ngengo y’Imari- Fulgence/FOJO

Amahoro nta shakwa mu bihe by’Intambara n’amakuba gusa

Editor
September 17, 2015
Ifoto mahugurwa intyoza.com

Ifoto mahugurwa intyoza.comAmahugurwa y’iminsi ibiri yagenewe abanyamakuru yatangiye taliki ya 15 kugera 16 Nzeli 2015 , Abanyamakuru baturutse mu Rwanda n’abanyamakuru b’abarundi ariko bahungiye mu Rwanda kubera ibibazo by’umutekano muke uriyo, barahugurwa kuburyo barushaho kumenya amahoro no kuyigisha.

Muri aya mahugurwa abanyamakuru batandukanye barigishwa kandi bakibutswa icyo amahoro ari cyo, ibishobora kubangamira amahoro n’ibyatuma aboneka mugihe yabuze.

Umuyobozi wa Fondation St Dominiko Savio , umwe mubateguye bakanashyira mubikorwa aya mahugurwa aganira n’abanyamakuru yavuze ko ibibuza amahoro atari intambara gusa.

Ifoto Nsengiyumva Patrice
Nsengiyumva Patrice, umuyobozi wa Fondation St Dominiko Savio

Yagarutse kuri Ruswa nka kimwe mubikorwa bishobora kuba imbarutso yo kubura kw’amahoro , avuga ko aharangwa ruswa , ubukene n’ibibazo by’Ubukungu hamwe n’ibindi bitandukanye bishobora kuba inzitizi yatuma Amahoro aba ntayo.
Agaruka kuri aya mahugurwa yagenewe aba banyamakuru yavuze ko yateguwe hagamijwe cyane gutegura umunsi mpuzamahanga w’Amahoro uteganyijwe muri Nzeli taliki ya 21 uyu mwaka wa 2015.
Patrice avuga ko abanyamakuru bagomba gutegurwa kugira ngo bagire imyumvire imwe kuri uyu munsi mukuru mpuzamahanga w’Amahoro , bamenye ibitegurwa , ibigamijwe ndetse n’ibibangamiye Amahoro bibera hirya no hino ku Isi.

Abatanze ibiganiro bose bagiye bagaruka cyane ku kamaro k’Itangazamakuru mu kwimakaza umuco w’amahoro ndetse n’uruhare rwaryo muri rusanjye mugihe
Rikoreshejwe neza , cyane ko byagaragaye ko rikoreshejwe nabi rishobora kwangiza byinshi.
Hagarutswe kandi ku inshingano y’umunyamakuru w’Umwuga , imyitwarire n’imikorere ye hamwe n’ibigomba kumuranga no kumugaragaza mugihe atara , atunganya akanatangaza inkuru.

Share Article

Follow Me Written By

Editor

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5962 Posts

Politiki

4210 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1051 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga