Kugirango ihohoterwa rishingiye kugitsina hamwe n’irikorerwa abana rishire ni uko abantu barivuga kandi bakarirwanya . Minisitiri w’intebe Murekezi Anastase avuga ko ibikorwa bigamije ubukangurambaga mu kurwanya ihohoterwa rishingiye kugitsina ndetse nirikorerwa abana ari inshingano...
Read More
Kamonyi : Rwiyemezamirimo yambuwe igishanga gihabwa abaturage
Igishanga cya Kibuzi cyambuwe rwiyemezamirimo wagihingaga kuko ubushobozi bwamubanye buke gihabwa abaturage yakoreshaga. Iki gishanga kiri mu murenge wa Gacurabwenge hagati y’utugari tubiri aka Nkingo n’aka Kigembe gifite ubuso bwa hegitari 79 , rwiyemezamirimo...
Read More
Miliyari zisaga enye zatikiriye mubiza
Amafaranga asaga miliyari enye y’u Rwanda yagaragajwe nk’ayagiye kubiza mu mezi icyenda ashize. Akayabo ka Miliyari enye na Miliyoni Magana arindwi na mirongocyenda y’amanyarwanda niyo yagiye kubyangijwe n’ibiza mu mezi icyenda ashize nkuko byatangajwe...
Read More
Impamvu yo kujya mu itorero ku banyamakuru yasobanutse
Nyuma y’igihe hibazwa impamvu abanyamakuru bagomba kujya mu itorero bashyize barasubizwa amagambo ashira ivuga. Rucagu Boniface umuyobozi mukuru w’itorero ry’igihugu mu kiganiro n’abanyamakuru cyitabiriwe n’inzego zireberera itangazamakuru , abanyamakuru ku rubuga rwa Whatsapp kuri...
Read More
Kamonyi : Abayobozi b’ibigo barasabwa kuba cyane kubigo bayobora-REB
Abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye basabwe kugabanya ingendo nyinshi bakora kugirango bababashe gukurikirana ubuzima bw’ibigo bashinzwe kuyobora umunsi kuwundi. Amahugurwa y’iminsi itatu yahuje abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye hamwe n’abashinzwe uburezi kuva mu karere...
Read More
Kamonyi : Kubwa CARSA bashoboye kubabarira ababiciye.
Nyuma yo kwakira inyigisho zibakangurira kubabarira n’abandi gusaba imbabazi bakoze itsinda bise iry’ubumwe n’ubwiyunge rya Mukinga. Itsinda ry’abagabo n’abagore bagera kuri 20 bo mukagari ka mukinga umurenge wa nyamiyaga akarere ka Kamonyi rigizwe n’abarokotse...
Read More
Itangazamakuru rirasabwa kuba abafatanyabikorwa mubijyanye n’Ubuzima – SFH
Umuryango wita k’ubuzima SFH (Society for Family Health) na MHC ( Inama nkuru y’itangazamakuru mu Rwanda) kuwa 7 Ukwakira 2015 basabye itangazamakuru gutangaza cyane inkuru z’ubuzima. Ni amahugurwa y’umunsi umwe yateguwe na SFH kubufatanye...
Read More
Yesu Kirisitu yaza none yaza ejo ikibazo si igihe – Intumwa Masasu
Intumwa y’Imana Yoshua Masasu Ndagijimana umuyobozi wa Evangelical Restoration church ( Itorero ry’Ivugabutumwa n’Isanamitima ),avuga ko abakirisitu badakwiye guterwa ubwoba no kugaruka kwa Yesu kirisitu bibaza ku by’ibihe byo kugaruka kwe. Ni mu kiganiro...
Read More
Kuba Mwalimu ni umutimanama si ugupagasa
Umunsi mukuru mpuzamahanga w’umwalimu wizihijwe Taliki ya 5 Ukwakira 2015 ku nshuro ya 14 benshi mu balimu bavuga ko uyu mwuga kuwukora ari ubwitanjye , umutimanama gusa ngo kuko utawukora byo kuwuhahiramo cyangwa icyo...
Read More
Gakenke : Urubyiruko rwamenye imbaraga rufite nyuma yo kwishyira hamwe.
Nyuma yo guhugurwa na JOC Rwanda , urubyiruko rwo mu murenge wa Muhondo mu karere ka Gakenke rwasanze rwari rwarasigaye inyuma muri gahunda zitandukanye z’igihugu kuko ngo bahuye bose bavuye ahantu hatandukanye mu murenge...
Read More