Nyuma y’uko abasezeranije kubaha telefone , bazihawe bashima ko imvugo ye ariyo ngiro. Perezida wa Repuburika y’u Rwanda Paul Kagame , mu isozwa ry’itorero rya barushingwangerero i Gabiro (abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari ) yabemereye impano...
Read More
Yibye ihene afatirwa mu kunywa ibigage barayimuteruza
Yagiye kunywa ibigage yibagirwa ko anywera ay’ihene yabandi yibye afatwa atayamaze. Siboniyo ignace uvuga ko atuye mu mudugudu wa mbati akagari ka mbati mu murenge wa mugina ho mu karere ka Kamonyi yafashwe yibye...
Read More
Nyuma y’igihe kinini batagira amazi meza ubu ibyishimo ni byose
Utugari dutanu tw’umurenge wa runda mu karere ka Kamonyi tutagiraga amazi meza nyuma y’imyaka itazwi twabonye amazi meza. Kuri uyu wa 10 ugushyingo 2015 utugari dutanu tugize umurenge wa runda mu karere ka Kamonyi...
Read More
Icyumweru cy’ubumwe n’ubwiyunge umwanya wo kwitekerezaho
Icyumweru cy’ubumwe n’ubwiyunge ni umwanya mwiza wo Kwisuzuma no kwitekerezaho. Ibiganiro byahawe abaturage bo mu murenge wa Rukoma ho mu karere ka kamonyi ahatangirijwe iki cyumweru ku rwego rw’akarere kuwa 6 ugushyingo 2015 byagarutse...
Read More
Cooproriz yagabiye inka abanyamuryango bayo bitwaye neza
Bamwe mu banyamuryango ba Koperative y’abahinzi b’umuceri ba Mukunguri mu karere ka Kamonyi bahawe inka z’ishimwe. Abahinzi bibumbiye muri koperative abahuzabikorwa COOPRORIZ ihinga umuceri mu gishanga cya Mukunguri kiri hagati y’akarere ka Kamonyi na...
Read More
Imvura ikabije yangije imyaka n’amazu by’abaturage.
Imvura ikabije ivanze n’umuyaga n’amahindu yangije ibikorwa by’abaturage birimo amazu n’imyaka mu mirima. Muri ibi bihe imvura irimo igwa mubice bitandukanye by’u Rwanda , uduce tumwe na tumwe irimo iragwa bidasanzwe ikagwa ivanze n’umuyaga...
Read More
Muhanga : Urubanza rwarasubitswe kugirango hakorwe iperereza ry’urukiko.
Mu rukiko rwisumbuye rwa Muhanga , urubanza rw’abaregwa amafaranga ya VUP muri Kamonyi rwarasubitswe. Kuri uyu wa 2 ugushyingo 2015 , urukiko rwisumbuye rwa muhanga ruburanishirizwamo urubanza rw’abazira amafaranga ya VUP mu murenge wa...
Read More
Abarinzi b’igihango 17 mubihumbi 6000 bagiye gushimirwa
Byatangiye bose ari ibihumbi 6000 kuva mutugari birangira hasigaye 17 bazahembwa ku rwego rw’igihugu. Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge ifatanije n’umuryango wa unity club batangaza ko abarinzi b’igihango bagera kuri 17 bagiye guhembwa ku rwego rw’igihugu...
Read More
Iterambere mu karere ka Kamonyi ntirisiga abashoramari inyuma
Akarere ka kamonyi ni akarere kari kwaguka cyane mu iterambere byaba mu miturire no mubashora imari. Umuyobozi w’akarere ka kamonyi Rutsinga jaques aganira n’intyoza.com ,avuga ko iterambere ry’akarere ririmo ryihuta ko kandi byose bishingiye...
Read More
Bariye amafaranga ya VUP abaturage bari kwishyura ibyo batazi
Urubanza rw’abariye amafaranga ya VUP muri Kamonyi rurakomeje abaturage bo bakazira intamenya. Abaturage bakomeje gusiragira murukiko rwisumbuye rwa Muhanga ari nako batanga amafaranga y’amatike , abababuranira n’ibindi ku manza z’amafaranga benshi batazi irengero ryayo...
Read More