• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/02/26
Kamonyi-Urukiko: Umukozi w’Akarere ushinzwe Amakoperative yavuzwe mu Gushimuta no Gufungisha Umuturage
16/02/26
Kamonyi: ½ cy’Abasoje Amasomo muri AFRICA FOOD SUPPLY bemerewe akazi
16/02/26
Kamonyi-Ngamba: Machine (Laptop) yabaye igitambo cya Gitifu watewe n’Abagizi ba nabiku
16/02/26
Kamonyi-Mugina: Guhabwa inguzanyo ya VUP bisaba icya 10 (1/10) mu zibanze( Gushingamo Umuheha)

Kamonyi: Umusaza Habiyakare Joseph yapfuye azize urukuta rw’inzu

Umwanditsi
February 5, 2016

Ku myaka 63 y’amavuko Habiyakare apfuye azize impanuka y’urukuta rw’inzu rwamugwiriye.

Habiyakare Joseph w’imyaka 63 y’amavuko, mwene Karahamuheto Andereya na Girimpundu Euphasie ubwo yasanaga ikiraro cy’inzu yasanaga yagwiriwe n’urukuta ahita apfa.

Ikiraro cy’inzu y’amatungo cyasanwaga cyahitanye nyakwigendera ni icy’umuturanyi we witwa Kaboyi Albert utuye mu murenge wa Gacurabwenge, akagari ka Gihinga mu mudugudu wa Ryabitana.

Igikuta cy'inzu cyaguye kigahitana Joseph Habiyakare.
Igikuta cy’inzu cyaguye kigahitana Joseph Habiyakare.

Ahagana mu ma saa sita z’amanywa nibwo ibi byabaye, nyakwigendera akaba ubwo yagwirwaga n’urukuta atahise apfa ngo ahubwo yajyanywe iwe ari naho yaguye.

Tuyisabe Fulgenci waherezaga uyu musaza amufasha kubaka avuga ko byabaye areba ngo kuko yari avuye kuzana amatafari y’inkarakara bubakishaga maze bihera aho bari bubatse mbere birakaka aribwo byahise bigwa byose hamwe nibyo bari barimo bubaka.

Agira ati”yantumye amatafari munsi y’urugo nkihagera kubera aho twasanaga hari harashwenyutse nuko bihita bimugwira aratubwira ngo tumujyane murugo arumva nubundi yapfuye nuko tumujyana murugo iwe”.

Umusaza Habiyakare Joseph wapfuye ngo asanzwe ari umufundi mu gace yari atuye mo, ibyamugwiriye ngo byamutunguye nk’uko uwamufashaga kubaka yabitangaje.

 

Munyaneza Theogene

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5931 Posts

Politiki

4180 Posts

Ubuhinzi

151 Posts

Ubukungu

1041 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

155 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga