• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
30/06/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
30/06/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
30/06/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside
30/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: OLYMPIC FCA yatsinze FAPA(Abakanyujijeho mu MAVUBI) itwara irushanwa

Uganda: Ibintu ntabwo byoroheye abarwanya Perezida Museveni

Umwanditsi
February 16, 2016

 

Mu gihe hitegurwa amatora mu minsi ibiri, abarwanya Perezida Museveni bo mu myigaragambyo ntiborohewe.

Kugera mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Gashyantare 2016, Imyigaragambyo muri Uganda cyane kubashyigikiye Dr Kiiza Besigye yari igikomeje nyuma y’uko uwo bashyigikeye yari yafashwe n’abashinzwe umutekano ba y’Uganda ariko akarara arekuwe.

Dr Kiiza Besigye, umwe mubahanganye mu matora na Perezida Yoweli Kaguta Museveni, ubwo yiyamamazaga kuri uyu wa 15 Gashyantare 2016 muri Arua Park i Kampala yafashwe na Polisi ya Uganda ashinjwa kwiyamamariza ahatemewe bituma imyigaragambyo y’abamushyigikiye irushaho gukara.

Abapolisi n'Abasirikare mu gukumira imyigaragambyo i Kampala.
Abapolisi n’Abasirikare mu gukumira imyigaragambyo i Kampala.

Polisi ya Uganda hamwe n’Igisirikare, ntabwo bihanganiye abaturage bashyigikiye Dr Besigye mu kurwanya Perezida Museveni, abigaragambya batewe ibyuka biryana mu maso ndetse n’inkoni rugeretse mu rwego rwo kubabuza imyigaragambyo.

Mugihe kwiyamamaza bikomeje hitegurwa amatora y’uzayobora Uganda, Perezida Museveni unahabwa amahirwe bivugwa ko yaba arimo akoresha imbaraga nyinshi mu guca intege abamurwanya kugira ngo ibikorwa byabo byo kwiyamamaza bicibwe intege cyangwa se biburizwemo.

 

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5823 Posts

Politiki

4074 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga