• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
10/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
10/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu
10/06/25
Kamonyi-Rugalika: Umukozi wa RIB yahaye ikigwa imiryango ibana idasezeranye anabahishurira ibanga rikomeye ryo kurambana
10/06/25
Ubuyobozi n’Abanyeshuri ba ESB Kamonyi baremeye abatishoboye 12, barimo uwahawe amazi mu rugo
10/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
10/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu
10/06/25
Kamonyi-Rugalika: Umukozi wa RIB yahaye ikigwa imiryango ibana idasezeranye anabahishurira ibanga rikomeye ryo kurambana
10/06/25
Ubuyobozi n’Abanyeshuri ba ESB Kamonyi baremeye abatishoboye 12, barimo uwahawe amazi mu rugo

Kamonyi: Kubahiriza igihe kw’abiyamamaza ni ingorabahizi

Umwanditsi
February 17, 2016

 

Mu gihe kwiyamamaza ku bakandida bazajya mu buyobozi bw’akarere bikomeje, benshi mu  biyamamaza bagowe no kubahiriza igihe bahabwa.

Kwiyamamaza kw’abakandida bahatanira kujya mu buyobozi bw’akarere nubwo biri kugenda bigana ku musozo, abiyamamaza kimwe mu bibagoye ni ukubahiriza igihe bahabwa babwira abaturage imigabo n’imigambi y’ibyo bazabakorera bageze mu buyobozi.

Abakandida biyamamariza mu murenge wa Nyarubaka.
Abakandida biyamamariza mu murenge wa Musambira bashaka kuzamuka mu karere.

Henshi muho ikinyamakuru intyoza.com cyageze hakorerwa ibikorwa byo kwiyamamaza, abenshi mu biyamamaza mu gihe bahabwa cy’iminota itanu usanga bahagarikwa batarangije ibyo baba bateguye kubwira abaturage basaba amajwi.

Kimwe mu byagaragaye nk’intandaro yo kunanirwa kubahiriza igihe ni umwanya usanga abiyamamaza bamara bavuga ibigwi by’ibyo banyuzemo cyangwa bakoze nk’amashuri, imirimo inyuranye bakoze bityo umwanya wo kubwira abaturage ibyo bazabakorera ukababana muto.

Habimana Pierre Damien, umukorerabushake ushinzwe amatora mu murenge wa Gacurabwenge aganira n’intyoza.com, avuga ko muri rusange igikorwa cyo kwiyamamaza kirimo kigenda neza uretse ikibazo cy’igihe nacyo avuga ko ngo urengeje iminota yahawe bamwambura ijambo.

Damien agira ati “ iminota tuba twabageneye utayubahirije turamuhagarika ngirango mwagiye mubibona”. usibye ikibazo gusa cyo gutinda kw’abaturage ku kugera ahiyamamarizwa ngo muri rusange igikorwa kiragenda neza.

Abaturage baje kumva imigabo n'imigambi by'abakandida.
Abaturage baje kumva imigabo n’imigambi by’abakandida mu murenge wa Gacurabwenge akagari ka nkingo.

Mugihe bibujijwe ku bakandida kwiyamamaza bakoresheje amadini n’amatorero, ngo kuba umukandida yakoresha indamukanyo zisanzwe z’abanyamadini n’amatorero asuhuza ngo ibi byo byaba ntakibazo biteye ngo kuko bitabujijwe ku biyamamaza.

 

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5814 Posts

Politiki

4065 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

995 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga