• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
15/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
15/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
15/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu

Papa Wemba icyamamare muri Muzika yapfuye

Umwanditsi
April 24, 2016

Papa wemba, umukongomani wamamaye muri muzika cyane mu njyana ya Lumba yamaze kuva ku Isi y’abazima.

Kuri iki cyumweru Taliki ya 24 Mata 2016, umuhanzi w’icyamamare muri muzika wafatwaga na benshi nk’umuntu ukomeye munjyana ya Lumba haba ku mugabane wa afurika n’ahandi yapfuye.

Amazina nyakuri y’uyu muhanzi Papa wemba ni Jules Hungu Wembadio Pene Kikumba bikavugwa ko yavutse taliki ya 14/06/1949 akavukira ahitwa i Lubefu muri congo( Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo).

papa wemba ubwo yagwaga kurubyiniriro bagerageza kumuhagurutsa.
Papa wemba ubwo yagwaga kurubyiniriro abashinzwe ubutabazi bakagerageza kumuhagurutsa ajyanwa kwa muganga.

 

Uyu muhanzi ubwo yari yitabiriye iserukira muco Femua( Festival des Musiques Urbaines d’Anoumabo) mu gihugu cya cote d’ivoire yituye hasi aririmba babanza kugira ngo ni amafiyeri y’abahanzi gusa yaje kujyanwa kwa muganga ariko biranga.

Papa wemba ku myaka ye isaga 66, haba benshi mubakongomani igihugu cye cy’amavuko, haba se hirya no hino kubamuzi, bababajwe n’urupfu rwe kuko benshi mubahanzi cyane bamufataga nk’umuntu bigiyeho byinshi muri muzika.

Inkuru y’urupfu rw’uyu muhanzi wari icyamamare muri muzika injyana ya Lumba rwaje ari incamugongo ndetse benshi kugeza ubu ntibariyumvisha iby’urupfu rwe cyane ko n’abaganga bataratangaza mukuri icyaba cyamwishe.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5816 Posts

Politiki

4067 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga