Polisi y’u Rwanda iragira abantu kujya basuzuma amafaranga bahawe kugira ngo hatagira uhangikwa amakorano. Polisi y’u Rwanda irakangurira abaturarwanda kujya basuzuma buri gihe amafaranga bahawe kugira ngo barebe ko ari mazima kandi baramuka bahawe...
Read More
Kirehe: Amakarito 60 y’ibinyobwa byinjizwaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko yafashwe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kirehe yafashe amakarito 60 y’ibinyobwa bya Azam byinjizwaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Taliki ya 28 Mata 2016, Polisi y’u Rwanda yafashe umugore witwa Mukabugingo olive w’imyaka 30...
Read More