• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
04/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
04/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
04/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo
04/12/25
Ab’Imyumvire iganisha ku kugumura Abaturage bahawe“GASOPO”, babwirwa itegeko n’Ibihano

Umunyamabanga nshingwabikorwa afunze akekwaho kurya ibya leta

Umwanditsi
May 12, 2016

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Nkingo, ari mu maboko ya Polisi aho akekwaho kuba yarariye itanura ry’amatafari rya Polisi.

Karake Francois Xavier, umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Nkingo umurenge wa gacurabwenge afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Runda aho akekwaho kugurisha itanura ry’amatafari ahiye rya Polisi.

Itanura uyu Karake bivugwa ko yariye ngo ni itanura ry’amatafari ahiye polisi yabumbishije igira ngo ibashe kubona amatafari yo kwiyubakira ibiro byayo.

Ubwo ikinyamakuru intyoza.com cyavuganaga n’umuvugizi wa Polisi mu ntara y’amajyepfo CIP Hakizimana Andre, yahamije ko amakuru yifungwa ry’uyu mugitifu wa Nkingo ari impamo.

CIP Hakizimana, avuga ko uyu Karake akurikiranyweho Kunyereza umutungo w’ikigo kigengwa na Leta (Polisi), akomeza avuga ko amatafari uyu Karake yagurishije atari aye ko ahubwo yari aya Polisi.

Itanura Gitifu Karake akurikiranyweho ngo ryubatswe mu kagari ka Kabagesera mu murenge wa Runda, imyaka ishize isaga ine aho benshi bibaza uburyo iki gihe cyose cyashize n’icyo polisi yakoraga.

 

intyoza.com

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5928 Posts

Politiki

4177 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1040 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga