• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/05/26
Kamonyi-Gacurabwenge: Polisi yataye muri yombi abagabo bane bakekwaho ubujura
20/05/26
Kamonyi-Kwibuka32: Minisitiri Dr. Bizimana yibukije abahakana n’Abapfobya Jenoside ko ukuri kw’aya mateka kutazacecekwa 
20/05/26
Kamonyi-EPR/Compassion: Imiryango 15 itishoboye yahinduriwe imibereho igabirwa Inka
20/05/26
Nyarubaka-Kwibuka32: Abantu nka Mukangango nti bazongera kubona umwanya n’ijambo muri iki gihugu cyacu-Visi Meya Uzziel

Kamonyi: Mu murenge wa Mugina umugabo yafatanywe Kanyanga

Umwanditsi
May 18, 2016

Mu gihe hirya no hino mu gihugu hakoreshwa imbaraga mu kwigisha ububi bw’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, bamwe mu banze kumva bakomeje gucakirwa.

kuri uyu wa gatatu Taliki ya 18 Gicurasi 2016, mu murenge wa Mugina, umugabo yafatanywe ikiyobyabwenge cy’inzoga ya Kanyanga.

Nizeyimana Venuste w’imyaka 39 y’amavuko, k’umugoroba w’uyu wa gatatu nibwo yafatanywe uducupa twa africano turimo inzoga ya Kanyanga.

Nizeyimana, avuga ko ibi biyobyabwenge yabikuye mu kagari ka Mukinga mu isantere y’ubucuruzi ya Kabeza.

Nizeyimana, avuga ko atuye mu mudugudu wa Cyeru muri uyu murenge wa Mugina.

Nubwo Nizeyimana avuga ko iki kiyobyabwenge cya Kanyanga yagikuye mu kagali ka Mukinga, birakekwa ko ahubwo yagendaga abicuruza ku bantu batandukanye baba baziranye ku ikoreshwa ryabyo.

Uyu Nizeyimana, kugeza ubu afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi y’umurenge wa Mugina.

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5967 Posts

Politiki

4215 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1052 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

158 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga