• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/11/25
Kamonyi-GS Ruramba:“ Ishuri ryanjye, Urukwavu rwanjye”, Umushinga wo gukundisha abana Ishuri
01/11/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
01/11/25
Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse
01/11/25
Umunyamahirwe muri FORTEBET yatahanye asaga Miliyoni ku Ipari ebyiri zisa

Tanzaniya: Minisitiri yirukanywe mu mirimo azira ubusinzi

Umwanditsi
May 21, 2016

Minisitiri Charles Kitwanga w’ubutegetsi bw’igihugu muri Tanzaniya yirukanywe ku mwanya muri Guverinoma azira ubusinzi.

Mu itangazo ry’umukuru w’Igihugu cya Tanzaniya, John Pombe Magufuli, yatangaje ko Minisitiri Kitwanga yagiye mu nteko ishinga amategeko yasinze, ngo yanasubije kandi ikibazo cy’umudepite yari amubajije yasinze.

Minisitiri Kitwanga wirukanywe mu mirimo ye, yirinze guhita agira icyo atangaza ku bijyanye n’iyirukanwa rye mu mirimo ya Guverinoma.

Minisitiri Kitwanga wirukanywe mu mirimo ye, abadepite batavuga rumwe na Leta bari bamaze igihe kitari gito basaba ko yakurwa mu mirimo kubera kumukehaho ibintu byerekeranye n’imali afitemo inyungu byashoboraga kubangamira imirimo ye y’ubuminisitiri.

Minisitiri Kitwanga ntabwo ariwe mutegetsi wa mbere muri Tanzaniya umaze kwirukanwa na Perezida John Pombe Magufuri amuziza ubusinzi.

Bitewe n’ubucuti bw’igihe kirekire bwari hagati ya Minisitiri Kitwanga na Perezida Magufuri, benshi muri Tanzaniya bari bazi ubucuti bwabo ngo byabatunguye kubona Kitwanga yirukanwa muri Guverinoma.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5902 Posts

Politiki

4153 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1026 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

151 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga