Nyuma yo guhabwa amahugurwa abinjiza muri Polisi y’u Rwanda, nubwo hari ibyo bazamenyera mu kazi, basabwe kuba abarinzi b’ibyagezweho no gukora kinyamwuga. Taliki ya 01 Kamena, hasojwe amasomo y’icyiciro cya 12 cy’inyigisho z’ibanze z’umwuga...
Read More