• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/12/25
Umuyobozi wa Polisi, IGP, CG Felix Namuhoranye ntiyumva uburyo Akarere gatwara imodoka yahembwe Umurenge
20/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
20/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
20/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo

Al – Shabab nayo ubwayo yiyiciye bamwe muriyo

Umwanditsi
June 12, 2016

Abagize umutwe w’iterabwoba wa Al – Shabab, batangaje ko bishe babiri muri bo kubwo gukemangwa.

Mu gihe umutwe w’iterabwoba wa Al – Shabab usanzwe wigamba ibikorwa runaka wakoze byo kwica cyangwa gushimuta abantu, ubu noneho urigamba kwica babiri mubarwanyi bawo.

Uyu mutwe w’iterabwoba wa Al – Shabab, utangaza ko muri Somaliya wishe abarwanyi bawo babiri, abishwe ngo bazize kutizerwa hamwe no kunyuranya n’ibikorwa by’Idini ya Isilamu.

Abishwe bose uko ari babiri, nkuko tubikesha ijwi rya Amerika, uyu mutwe w’iterabwoba utangaza ko bawinjijwemo ubakuye mu gihugu cya Kenya.

Aba barwanyi b’uyu mutwe b’abanyakenya, ubwo bicwaga ku munsi wa gatanu, ntabwo bishwe bonyine ahubwo bicanywe n’umunyasomariya umwe mu ntara ya Juba.

Uretse kandi muri iyi ntara ya Juba, Al – Shabab, ivuga ko yishe abandi bagabo bane mu ntara ya bey. Al – Shabab, ivuga ko aba bagabo bazize gutanga amakuru kuri Leta ya Somaliya, Kenya hamwe n’inzego z’ubutasi za America.

Umwe muri aba bagabo bane nkuko Al – Shabab ibivuga, ashinjwa kugira uruhare rw’igitero cy’indege itagira umudereva (Drone) y’abanyamerika aho iki gitero cyabaye mu mwaka wa 2014 ngo kigahitana umuyobozi wa Al – Shabab witwa Ahmed Abdi Godane.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5929 Posts

Politiki

4178 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1041 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga