• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
02/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
02/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
02/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

FERWAFA: Mu rukiko, Perezida Nzamwita de Gaulle yabaye umwere

Umwanditsi
June 24, 2016

Mu rubanza Nzamwita Vincent de Gaulle yaburanaga, yagizwe umwere mu gihe Mulindahabi Olivier yakatiwe gukomeza afunze.

Kuri uyu wa gatanu Taliki ya 24 Kamena 2016, ahagana ku isaha y’ i saa munani n’iminota 11 z’amanywa, urukiko rwibanze rwa Nyarugunga rwaburanishaga Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Nzamwita Vincent de Gaulle rwamuhanaguyeho ibirego yakurikiranwagaho.

Nzamwita Vincent de Gaulle, yari akurikiranyweho icyaha cy’itonesha n’icyenewabo biri mucyo urukiko rwahaye inyito rwise gukoresha nabi umutungo ufitiye rubanda inyungu, hatangwa isoko ryo kubaka Hoteli y’inyenyeri enye yagombaga kubakwa ku nkunga ya FIFA igatwara asaga Miliyari 4.

Mu gusoma imyanzuro yarwo, urukiko rwanzuye ko Nzamwita Vincent de gaulle perezida wa FERWAFA, ibyo ashinjwa bitagize icyaha bityo rusanga ko nta shingiro bifite rufata umwanzuro wo kumugira umwere.

Umunyamabanga mukuru wa FERWAFA, Olivier Mulindahabi we wanaburanaga afunze, yakatiwe gufungwa amezi 6 bivuga ko ku gifungo cye asigaje amezi 2

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga