• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
08/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
08/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
08/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo
08/12/25
Ab’Imyumvire iganisha ku kugumura Abaturage bahawe“GASOPO”, babwirwa itegeko n’Ibihano

Lionel Messi birangiye agiye kwinjira gereza

Umwanditsi
July 6, 2016

Umunya Argentina akaba n’umukinnyi ukomeye mu ikipe y’umupira w’amaguru ya Barcelona Lionel Messi, urukiko rwemeje ko agiye gufungwa amezi 21.

Uyu mukinnyi w’ikipe y’umupira w’amaguru mu gihugu cya Espagne, kuri uyu wa gatatu taliki ya 6 Nyakanga 2016, hamwe na papa we umubyara, bahamijwe icyaha cyo kunyereza imisoro ya Leta muri espagne bakaba bakatiwe aho bagomba kwinjira gerereza bakamara amezi 21 muburoko.

Uyu muhungu Messi na Papa we Jorge Horacio Messi, ngo banyereje imisoro bagombaga kwishyura muri Espagne bakaba baranabeshye abakozi ba leta bashinzwe imisoro mu gihe babakurikiranaga bishyuza Messi imisoro ku mafaranga yinjije.

Ubwo messi yari murukiko aburana ubushize, yavuze ko rwose arengana, ko ndetse iby’inyerezwa ry’imisoro ntaho ahuriye nabyo ko atanabizi, ko ndetse ibyo yasinye atabanje gusoma ari byinshi.

Ibijyanye n’imitungo ya Messi, ibyinshi ngo byaba bizwi na papa we, niwe uyicunga, niwe ukurikirana buri kimwe mu igura n’igurishwa mu makipe, amasezerano y’abo yamamariza, byaba ibimutangwaho kuburyo Messi ngo icyo akora ari ugusinya ibyo papa we amuzaniye yamaze kubitunganya hamwe ngo hari nubwo asinya atasomye.

Amahirwe Messi asigaranye yo kuba atajya muburoko ashingiye ku kuba amategeko ya Espagne yemera ko igifungo yahawe gishobora kuvunjwamo amafaranga.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5928 Posts

Politiki

4177 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1040 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga