• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/09/25
Umwami w’ibikubo byo ku Bitego atahanye 1,175,360Rwf yashyizeho 10,000 mu isaha imwe gusa
16/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
16/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
16/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi

Abasirikare batatu b’abafaransa barishwe bibanza kugirwa ubwiru

Umwanditsi
July 20, 2016

Mu gihugu cya Libiya abasirikare batatu b’abafaransa bari mu mubare w’ingabo zitazwi umubare n’igihe zagereyeyo, barishwe bigirwa ubwiru.

Kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 20 Nyakanga 2016, Minisitiri w’ingabo mu gihugu cy’ubufaransa, yeruye atangaza ko abasirikare 3 b’abafaransa biciwe muri Libiya bari mu kazi k’igihugu.

Mu itangazo rigenewe itangazamakuru ryasohowe na Minisiteri y’ingabo z’ubufaransa, Jean-Yves le Drian, Minisitiri w’ingabo z’ubufaransa yagaragaje akababaro batewe n’urupfu rw’abasirikare b’abafaransa bapfiriye mu butumwa bw’akazi mu gihugu cya Libiya. gusa hirinzwe gutangaza amataliki ahantu n’igihe abasirikare biciwe.

Minisitiri le Drian, yunamiye aba basirikare ndetse abashimira ubutwari, umurava no gukunda igihugu byabaranze mu gihe bari mu kazi cyane ngo ibikorwa bagize byo kurwanya iterabwoba, yihanganishije kandi imiryango yabo bakomokamo, inshuti n’abavandimwe bahafi.

Iyicwa ry’aba basirikare batatu b’abafaransa, ryatumye hahishurwa bwambere ku mugaragaro ukuba kw’ingabo z’abafaransa muri iki gihugu cya Libiya kuko bari bariyo  bakora mu buryo bw’ibanga.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5864 Posts

Politiki

4115 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1009 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

143 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga