• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
15/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
15/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
15/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu

Umushumba wa Kiriziya Gaturika yasebeye imbere y’imbaga y’abakirisitu

Umwanditsi
July 28, 2016

Papa Francis, umushumba wa kiriziya gaturika ku Isi, imbere y’imbaga y’abakirisitu yaguye hasi bitunguranye.

Papa Francis, umushumba wa Kiliziya gaturika ku Isi, aho ari muruzinduko mu gihugu cya Pologne, yasebeye imbere y’imbaga yari imukurikiye aho yaturiraga igitambo cya Misa ndetse n’amamiliyoni y’abantu yamukurikiranaga ku Isi kuri za Televiziyo.

Abapadiri b’abahereza b’uyu mukambwe w’imyaka 79 barongojwe imbere na Guido Marini usanzwe ayobora misa ivatikani nibo bamweguye akomeza igitambo cya misa.

Papa Francis, asanzwe agira ikibazo cy’uburwayi bw’umugongo bwitwa sciatica, akenshi iyo bumufashe ngo bumuteza ikibazo mu maguru intege zikabura.

Ubwo Papa Francis yarimoyegurwa.
Ubwo Papa Francis yarimo yegurwa kugira ngo akomeze igitambo cya Misa.

Papa Francis, umushumba wa Kiriziya gaturika, mu kwitura hasi kwe ngo ntacyo byahungabanyije ku buzima bwe kuko nyuma yo kwegurwa yakomeje igitambo cya misa.

Ubwo Papa Francis yaturaga igitambo cya misa aha muri Pologne, umutekano hirya no hino wari wakajijwe muburyo bwose kubwo kwikanga ibitero by’ibyihebe bimaze iminsi byibasiye umugabane w’uburayi.

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5816 Posts

Politiki

4067 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga