• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/05/25
Kamonyi-Musambira: Imiryango 33 irimo 10 yabanaga mu makimbirane yasezeranijwe ihitira Mukikiziya
16/05/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Bakurikiranyweho gusambanya abana b’abakobwa barimo uwigaga P5 wabyaye
16/05/25
Kamonyi-Ngamba: Inkotanyi zakuye u Rwanda mu mwijima zizana Umucyo-Visi Meya Uzziel Niyongira
16/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge

Leta y’u Rwanda, yongeye gusaba gusubira muri CEEAC

Umwanditsi
August 17, 2016

U Rwanda, nyuma y’imyaka igera ku icyenda rwikuye mu muryango w’ubukungu wa Afurika yo hagati rwongeye gutanga impapuro zirwemerera kuwusubiramo.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, niwe washyikirije Perezida Ali Bongo Ondimba umukuru w’Igihugu cya Gabon akanaba umuyobozi w’umuryango wa CEEAC.

Umuryango w’ubukungu wa Afurika yo hagati CEEAC, ni umuryango umaze imyaka isaga 34 ushinzwe kuko washinzwe mu mwaka 1983 aho intego nyamukuru yari ubufatanye no guhuriza hamwe imbaraga muby’ubukungu mubihugu biwugize.

Nyuma y’imyaka igera kuri 24 u Rwanda ruri muri uyu muryango, Leta y’u Rwanda mu mwaka wa 2007 nibwo yafashe kubushake icyemezo cyo kwivana muri uyu muryango. Imyaka igera ku 9 yari ishize.

Kuba u Rwanda rwongeye gusubira muri uyu muryango, ni intambwe rwongereye mu kwifatanya n’ibindi bihugu bihuriye hamwe muri uyu muryango w’ubukungu, uretse guteza imbere ubukungu, ibihugu bihuriye muri uyu muryango bizanahuzwa na byinshi birimo ibyo guteza imbere imibereho rusanjye y’abaturage babyo n’izindi gahunda zitandukanye.

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5798 Posts

Politiki

4049 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga