• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
02/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
02/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
02/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

Leta y’u Rwanda, yongeye gusaba gusubira muri CEEAC

Umwanditsi
August 17, 2016

U Rwanda, nyuma y’imyaka igera ku icyenda rwikuye mu muryango w’ubukungu wa Afurika yo hagati rwongeye gutanga impapuro zirwemerera kuwusubiramo.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, niwe washyikirije Perezida Ali Bongo Ondimba umukuru w’Igihugu cya Gabon akanaba umuyobozi w’umuryango wa CEEAC.

Umuryango w’ubukungu wa Afurika yo hagati CEEAC, ni umuryango umaze imyaka isaga 34 ushinzwe kuko washinzwe mu mwaka 1983 aho intego nyamukuru yari ubufatanye no guhuriza hamwe imbaraga muby’ubukungu mubihugu biwugize.

Nyuma y’imyaka igera kuri 24 u Rwanda ruri muri uyu muryango, Leta y’u Rwanda mu mwaka wa 2007 nibwo yafashe kubushake icyemezo cyo kwivana muri uyu muryango. Imyaka igera ku 9 yari ishize.

Kuba u Rwanda rwongeye gusubira muri uyu muryango, ni intambwe rwongereye mu kwifatanya n’ibindi bihugu bihuriye hamwe muri uyu muryango w’ubukungu, uretse guteza imbere ubukungu, ibihugu bihuriye muri uyu muryango bizanahuzwa na byinshi birimo ibyo guteza imbere imibereho rusanjye y’abaturage babyo n’izindi gahunda zitandukanye.

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga