• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
05/07/25
Kamonyi: Abanyarugalika bizihije umunsi wo Kwibohora bashimangira uruhare rwabo mu bikorwa by’iterambere
05/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi ikomeje guhiga bukware Abahebyi mu bucukuzi bw’Amabuye y’agaciro
05/07/25
Kamonyi-Ubudaheranwa: Ubuyobozi bwa SACCO 12 bwaremeye Abarokotse Jenoside batishoboye
05/07/25
Kamonyi-Ngamba: Iminsi y’umujura yabagereyeho bafatwa bataragurisha Ingurube bishe bakayibaga

Umukobwa wa Perezida yafashwe anywa ibiyobyabwenge

Umwanditsi
August 23, 2016

Malia Obama, umukobwa w’imfura wa perezida Hussein Barack Obama yafashwe amashusho anywa ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa Marijuwana.

Umwana w’umukobwa mu bana ba Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Malia Obama, yafashwe amafoto arimo kunywa ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa Marijuwana. Amafoto yahise akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye.

Malia Obama w’imyaka 18 y’amavuko, ubwo yari yitabiriye iserukiramuco rya muzika ryaberaga ahitwa Lollapalooza nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Radaronline, mu ntangiriro z’uku kwezi yabonywe ndetse afatwa amafoto arimo kunywa ibiyobyabwenge.

Akimara gufatwa amafoto, imbuga nkoranyambaga zitandukanye zahise zitangira kuyakwirakwiza. Benshi mubantu batunguwe ndetse batangira kwibaza byinshi k’uburyo umukobwa w’umukuru w’igihugu cy’igihangange nka Leta zunze ubumwe za Amerika yanywa ibiyobyabwenge.

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Hussein Obama ari nawe se wa Malia Obama, akimara kubona aya mafoto yarimo akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, byaramubabaje bituma atangira gushaka uko yamufatira ingamba zikaze kuko ibi byateje igisebo muri uyu muryango w’umukuru w’Igihugu.

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5828 Posts

Politiki

4079 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga