• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
22/04/26
Abapadiri ba Diyoseze Kabgayi begukanye ibikombe 2 muri 3 bahataniraga n’aba Diyoseze ya Ruhengeri
22/04/26
Rukoma-Kwibuka32: Kwibuka ni umwanya ukomeye wo kwigira ku mateka kugira ngo turinde ejo hazaza h’Igihugu cyacu-Depite Prisca Uwamahoro
22/04/26
Runda-Kwibuka32: Inkotanyi ni Ubuzima, tuzahora dushimira Umutima w’Urukundo n’Ubwitange-Depite Nyabyenda Damien
22/04/26
Rugalika-Kwibuka32: Dufite Umutima wuzuye Icyizere n’Imbaraga zo gukomeza kubaho-Benedata Zacharie

Umukobwa wa Perezida yafashwe anywa ibiyobyabwenge

Umwanditsi
August 23, 2016

Malia Obama, umukobwa w’imfura wa perezida Hussein Barack Obama yafashwe amashusho anywa ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa Marijuwana.

Umwana w’umukobwa mu bana ba Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Malia Obama, yafashwe amafoto arimo kunywa ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa Marijuwana. Amafoto yahise akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye.

Malia Obama w’imyaka 18 y’amavuko, ubwo yari yitabiriye iserukiramuco rya muzika ryaberaga ahitwa Lollapalooza nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Radaronline, mu ntangiriro z’uku kwezi yabonywe ndetse afatwa amafoto arimo kunywa ibiyobyabwenge.

Akimara gufatwa amafoto, imbuga nkoranyambaga zitandukanye zahise zitangira kuyakwirakwiza. Benshi mubantu batunguwe ndetse batangira kwibaza byinshi k’uburyo umukobwa w’umukuru w’igihugu cy’igihangange nka Leta zunze ubumwe za Amerika yanywa ibiyobyabwenge.

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Hussein Obama ari nawe se wa Malia Obama, akimara kubona aya mafoto yarimo akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, byaramubabaje bituma atangira gushaka uko yamufatira ingamba zikaze kuko ibi byateje igisebo muri uyu muryango w’umukuru w’Igihugu.

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5952 Posts

Politiki

4200 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga