• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/09/25
Umwami w’ibikubo byo ku Bitego atahanye 1,175,360Rwf yashyizeho 10,000 mu isaha imwe gusa
15/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
15/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
15/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi

Imyanya y’aba Guverineri habayemo isubirwamo ku byari byatangajwe

Umwanditsi
October 5, 2016

Nyuma y’uko kuri uyu wa kabiri taliki ya 4 ukwakira 2016 Perezida wa Repubulika Paul Kagame ashyiriyeho Guverinoma nshya n’izindi nzego nkuru z’ubuyobozi, ibya ba  Guverineri byasubiwemo.

Kuri uyu wa gatatu taliki ya 5 ukwakira 2016, hongeye kuba impinduka mu myanya y’ubuyobozi bukuru nyuma y’ishyirwaho rya Guverinoma nshya n’indi myanya y’abayobozi bakuru mu nzego za leta zitandukanye. Ba Guverineri bayoboye intara nta n’umwe wagumye mu ntara ya yoboraga, uticajwe yahinduriwe intara ya yoboraga.

Icyahindutse mu byari byatangajwe ni mu ntara y’uburengerazuba n’intara y’amajyepfo. Itangazo ryasohotse mu biro bya Minisitiri w’intebe rishyizweho umukono na Anastase Murekezi Minisitiri w’intebe, ryatanze ubugorora ngingo ku myanya ya bamwe muba Guverineri bitandukanye n’uko byari byatangajwe mbere.

urwandiko-rutanga-ubugororangingo-kuri-ba-guverineri

Intara y’amajyepfo, aho kugira ngo Guverineri Munyentwari Alphonse ayigumemo yahawe Mureshyankwano Marie Rose uyu akaba yari asanzwe ari intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko, Intara y’uburengerazuba yo yahawe Munyentwari Alphonse akaba yari asanzwe ari Guverineri w’intara y’amajyepfo.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5864 Posts

Politiki

4115 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1009 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

143 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga