• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
26/10/25
Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro
26/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
26/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu
26/10/25
Ibiceri 200 gusa byamuhesheje gutsindira asaga Miliyoni na magana atatu muri FORTEBET

Nyuma y’imyaka itatu, ACP Badege yagaruwe kuba umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda

Umwanditsi
October 24, 2016

ACP Theos Badege, nyuma yo kuyobora ishami rya Polisi y’u Rwanda ry’ubugenzacyaha n’iperereza (CID) yagaruwe ku mwanya w’ubuvugizi bwa Polisi y’u Rwanda yahozeho.

Kuri uyu wa mbere Taliki ya 24 Ukwakira 2016, nibwo inkuru yabaye kimomo mu bitangazamakuru bitandukanye ko ACP Theos Badege wari umaze iminsi itari mike ayoboye ishami ry’ubugenzacyaha n’iperereza muri Polisi y’u Rwanda (CID) yagaruwe kuba umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda akanabifatanya no kuba ushinzwe imikoranire ya Polisi n’izindi nzego.

ACP Theos Badege, asimbuye kuri uyu mwanya ACP Celestin Twahirwa wagizwe umuyobozi w’urwego rwa Polisi y’u Rwanda ushinzwe imikoranire ya Polisi n’abaturage mu kwicungira umutekano (Community Policing).

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

2 Comments

  1. Mbaraga jimmy says:
    October 26, 2016 at 8:28 am

    tumuhaye ikaze mu mirimo mishya ashinzwe nubwo atarubwambere ayikoze ndeste nuwo asimbuye tumushimiye kukazi keza yakoze natwe abaturage twiteguye gukorana nawe tumuha amakuru y,umutekano iwacu

  2. Kaberuka joel says:
    October 26, 2016 at 8:39 am

    uwo muyobozi turamwishimiye, turamwize kumiyoborere myiza natwe twiteguye kumufasha mukazi ke dutanga amakuru kugihe kandi yizewe

Comments are closed.

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5897 Posts

Politiki

4148 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

84 Posts

Imikino

149 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga