• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
17/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
17/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari
17/09/25
Indege itagira umupirote( Drone) y’Igisirikare cy’u Rwanda yakomerekeje Abanyeshuri
17/09/25
Umwami w’ibikubo byo ku Bitego atahanye 1,175,360Rwf yashyizeho 10,000 mu isaha imwe gusa

Komisiyo y’Igihugu y’amatora yashyize ahabona itariki y’itorwa rya Perezida wa Repubulika

Umwanditsi
December 10, 2016

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 9 ukuboza 2016, komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangaje ku mugaragaro itariki abanyarwanda bagomba kuzatoreraho umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda.

Mu nama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa gatanu tariki ya 9 ukuboza 2016, Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu yamenyesheje inama y’abaminisitiri ko mu rwego rwo gutegura amatora ya Perezida wa Repubulika yo muri 2017, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yateguye ingengabihe y’ibikorwa by’amatora biteganijwe.

Hirya no hino mu bice bigize Igihugu cy’u Rwanda ndetse n’Abanyarwanda bari hanze mu bindi bihugu bujuje imyaka yo gutora, bari banyotewe no kumenya itariki nyirizina bazatoreraho umukuru w’Igihugu, amatariki yatangajwe haba kubazatorera mu gihugu imbere ndetse n’abazatorera mu mahanga.

Ku banyarwanda baba hanze y’Igihugu bazitabira itora, itariki y’itora kuribo yashyizwe kuwa 3 Kanama umwaka utaha wa 2017, abanyarwanda baba mu gihugu bo itariki yo gutora yashyizwe kuwa 4 Kanama umwaka utaha wa 2017.

Uretse Perezida Paul Kagame uyoboye u Rwanda kugeza ubu wamaze kwemera ko aziyamamaza ndetse n’ishyaka rye rya FPR rikamutangaho umukandida nawe akabyemerera abanyarwanda ko aziyamamaza, nta wundi uragaragaza ku mugaragaro ngo byemerwe ko ari umukandida witeguye guhatanira kuyobora u Rwanda binyuze mu matora azaba umwaka utaha wa 2017 nkuko amatariki yamaze kwemezwa.

  Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5867 Posts

Politiki

4118 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga