• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Guverineri na Musenyeri barokotse urwahitanye abasaga 50 muri Nijeriya

Umwanditsi
December 11, 2016

Mu muhango wo kwimika Musenyeri mushya mu rusengero rwo muri Nijeriya, igisenge cyamanukiye abari mu rusengero abasaga 50 bahasiga ubuzima naho Musenyeri na Guverineri bararokoka.

Mu gihugu cya Nijeriya, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 10 ukuboza 2016 igisenge cy’urusengero cyagwiriye abakirisitu bari mu rusengero bari mu muhango wo kwimika musenyeri, abantu basaga 50 bahise bapfa abasaga 52 barakomereka naho Musenyeri na Guverineri bararokoka.

Ibi byago byabereye mu mujyi witwa Uyo, ibiro ntaramakuru bya Amerika Associated Press dukesha iyi nkuru bitangaza ko abapfiriye muri uru rusengero bashobora kwiyongera kuko ibikorwa by’ubutabazi ngo bigikomeza kugira ngo abantu bagera mu magana barimo batabarwe.

Urusengero rwaguye ni urwitwa The Reigners Bible Church International aho ngo rwari rukiri kubakwa. Ubwo ibi byabaga abantu batari bake bari bitabiriye ibi birori by’iyimikwa rya Musenyeri Akan Weeks ari nawe washinze uru rusengero. Aba bakirisitu bahuye n’uruva gusenya barimo na Guverineri Udom Emmanuel wa Leta ya Akwa Ibom uri mu barokotse hamwe n’uyu Musenyeri wimikwaga.

 Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter   

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga