• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
15/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
15/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
15/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu

Guverineri na Musenyeri barokotse urwahitanye abasaga 50 muri Nijeriya

Umwanditsi
December 11, 2016

Mu muhango wo kwimika Musenyeri mushya mu rusengero rwo muri Nijeriya, igisenge cyamanukiye abari mu rusengero abasaga 50 bahasiga ubuzima naho Musenyeri na Guverineri bararokoka.

Mu gihugu cya Nijeriya, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 10 ukuboza 2016 igisenge cy’urusengero cyagwiriye abakirisitu bari mu rusengero bari mu muhango wo kwimika musenyeri, abantu basaga 50 bahise bapfa abasaga 52 barakomereka naho Musenyeri na Guverineri bararokoka.

Ibi byago byabereye mu mujyi witwa Uyo, ibiro ntaramakuru bya Amerika Associated Press dukesha iyi nkuru bitangaza ko abapfiriye muri uru rusengero bashobora kwiyongera kuko ibikorwa by’ubutabazi ngo bigikomeza kugira ngo abantu bagera mu magana barimo batabarwe.

Urusengero rwaguye ni urwitwa The Reigners Bible Church International aho ngo rwari rukiri kubakwa. Ubwo ibi byabaga abantu batari bake bari bitabiriye ibi birori by’iyimikwa rya Musenyeri Akan Weeks ari nawe washinze uru rusengero. Aba bakirisitu bahuye n’uruva gusenya barimo na Guverineri Udom Emmanuel wa Leta ya Akwa Ibom uri mu barokotse hamwe n’uyu Musenyeri wimikwaga.

 Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter   

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5816 Posts

Politiki

4067 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga