• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/12/25
Umuyobozi wa Polisi, IGP, CG Felix Namuhoranye ntiyumva uburyo Akarere gatwara imodoka yahembwe Umurenge
19/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
19/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
19/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo

Icyamamare Celine Dion cyateye utwatsi ibyo kuririmbira Donald Trump mu irahira

Umwanditsi
December 27, 2016

Umuhanzi kazi w’icyamamare mumuziki, Celine Dion yahakaniye perezida wa Amerika Donald Trump watowe ko k’umunsi w’irahira rye nta mwanya wo kuririmba yamubonera.

Celine Dion w’imyaka 48 y’amavuko, ni umuhanzi kazi wamenyekanye cyane ndetse akundwa n’abatari bake kuri iyi si ya rurema, uyu muhanzi kazi yamaze gutera ishoti ibyo kuririmba mu birori by’irahira ry’umukuru w’Igihugu cya Amerika watowe ariwe Donald Trump.

Ibirori uyu muhanzi kazi Celine Dion yanze kujya kuririmbamo, biteganijwe umwaka utaha wa 2017 mu kwezi kwa gashyantare tariki ya 28.

Kuba Celine Dion yanze ibyo kujya kuririmba muri ibi birori, yatangarije ko atabiterwa no kuba adashyigikiye uyu mukuru w’Igihugu Donald Trump nkuko ngo benshi bakomeje kujya babivuga.

Celine Dion, atangaza ko kwanga ubu butumire bwo kuririmba muri uyu muhango ukomeye yabitewe nuko hari ibindi bitaramo yatumiwemo mbere yuko abona ubutumire bwa Perezida Donald Trump.

Umuririmbyi kazi w’igihangange Celine Dion, nyuma yo gutera utwatsi ubu butumire bwo kuririmba muri ibi birori by’irahira rya Trump, yiyongereye kubandi bahanzi bazwi cyane bamaze kwanga ubu butumire bwa Trump barimo; Justin Timberlake, Bruno Mars, John Legend, Elton John, n’abandi batandukanye.

 Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5929 Posts

Politiki

4178 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1041 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga