• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
28/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka
28/10/25
Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro
28/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
28/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu

SAINT PETER COLLEGE OF SHYOGWE (Ishuri ryitiriwe Mutagatifu Petero ry’Ishyogwe)

Umwanditsi
January 12, 2017

Mu gihe buri wese ashishikajwe no gusiganwa ashaka ubwenge n’ubumenyi bimutegurira ejo heza agana, ishuri Saint Peter College of Shyogwe rirararikira buri wese ushaka kuryigamo kwihutira kwiyandikisha.

Saint Peter College Of Shyogwe (Ishuri ryitiriwe Mutagatifu Petero ry’Ishyogwe) Ni ishuri ryigenga riri muntara y’Amajyepfo Akarere ka Muhanga  Umurenge wa Syhogwe, iryo shuri riramenyesha abashaka kuryigamo ko ribafitiye imyanya mu myaka ya kane iya Gatanu n’iya Gatandatutu mu mashami y’icungamutungo (Accountancy, Ikoranabuhanga (Computer Science ) n’Ubwubatsi (Construction).

Ushaka kwiyandikisha anyura ku muhanda kigari Butare ukaviramo ku kinamba cya kabgayi Ugafata umuhanda werekeza ishyogwe. Uwiyandikisha aza yitwaje indangamanota y’umwaka arangije n’amafaranga ibihumbi 3000 yo kwiyandikisha.

Ushaka ibindi bisobanuro yaterefona nimero 0788 743 776/ 0722 473 428/ 0783 409 261/

 0727 378 570

Cyangwa kuri E-mail: sshyogwe@gmail.com , kanyamanzacorneille@gmail.com

Ushobora kandi gukoresha WastApp kuri nimero 0788 743 776

Ishuri ryakira abahungu n’abakobwa kandi abanyeshuri biga baba mu kigo, abanyeshuri baratsinda bishimishije.

Ubuyobozi bw’ishuri bubifurije Noheri nziza n’umwaka mushya muhire wa 2017

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5898 Posts

Politiki

4149 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

150 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga