• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
16/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
16/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
16/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu

SAINT PETER COLLEGE OF SHYOGWE (Ishuri ryitiriwe Mutagatifu Petero ry’Ishyogwe)

Umwanditsi
January 27, 2017

Mu gihe buri wese ashishikajwe no gusiganwa ashaka ubwenge n’ubumenyi bimutegurira ejo heza agana, ishuri Saint Peter College of Shyogwe rirararikira buri wese ushaka kuryigamo kwihutira kwiyandikisha.

Saint Peter College Of Shyogwe (Ishuri ryitiriwe Mutagatifu Petero ry’Ishyogwe) Ni ishuri ryigenga riri muntara y’Amajyepfo Akarere ka Muhanga Umurenge wa Shyogwe. Ishuri riramenyesha abashaka kuryigamo bose ko ribafitiye imyanya mu myaka ya kane iya Gatanu n’iya Gatandatu mu mashami y’icungamutungo (Accountancy), Ikoranabuhanga (Computer Science) n’Ubwubatsi (Construction)

Ushaka kwiyandikisha unyura ku muhanda kigari Butare ukaviramo ku kinamba cya kabgayi ugafata umuhanda werekeza Ishyogwe. Uwiyandikisha aza yitwaje indangamanota y’umwaka arangije n’amafaranga ibihumbi 3000 yo kwiyandikisha

Ushaka ibindi bisobanuro yaterefona nimero 0788 743 776/ 0722 473 428/ 0783 409 261/

 0727 378 570

Cyangwa kuri E-mail: sshyogwe@gmail.com , kanyamanzacorneille@gmail.com

Ushobora kandi gukoresha WastApp kuri nimero 0788 743 776

Ishuri ryakira abahungu n’abakobwa kandi abanyeshuri biga baba mu kigo, abanyeshuri baratsinda bishimishije. Ni ikigo buri wese yakwifuza kurereramo umwana we ku bw’ubumenyi n’ubuhanga bumutegurira ubuzima bw’ejo bwiza.

Ubuyobozi bw’ishuri bubifurije Noheri nziza n’umwaka mushya muhire wa 2017

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5816 Posts

Politiki

4067 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga