• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Yahinduye inzoka iherena birangira yisanze mu ndembe kwa mu ganga

Umwanditsi
February 4, 2017

Umunyamerikakazi w’imyaka 17 y’amavuko, yashyize inzoka ye ku gutwi mu ntoboro y’amaherena ashaka kuyifotozanya imubera aka wa mugani uvuga ngo “umanika agati wicaye wajya ku kamanura ugahagarara.”

Ashley Glawe, umunyamerikakazi w’imyaka 17 y’amavuko yajyanywe kwa muganga igitaraganya nyuma yo gushaka kwifata amafoto (selfies) n’inzoka ye ubwo yayifataga akayinyuza mu gutwi ahari intoboro ngo ibe nk’iherena maze nayo mu kugeramo ikamubera ak’umugani ugira uti:” Umanika agati wicaye wajya ku kamanura ugahagarara”.

Uyu mukobwa utagira icyo atinya wahangaye agafata inzoka ye akayinyuza aho ashyira imirimbo ye y’amaherena ku gutwi, atangaza ko yabikoze ashaka kwifata amafoto (Selfies) ko ibyamubayeho ataribyo yateganyaga, kuko ngo Iyi nyamaswa imaze kugezwa mugutwi yaturijemo nk’iherena maze akananirwa ubuyikuramo.

Yabonye ubushyira iyi nzoka mu gutwi nk’iherena kuyikuramo biba ikibazo.

Ubwo yageragezaga ubwe kuyikuramo, byaramunaniye atangira gutabaza maze abaje ngo bamufashe nabo birabayobera bamujyana kwa muganga bihuse kuko yari asumbirijwe, nibwo yabonye ubufasha maze abaganga babasha kumukuraho iyi nyamaswa yari yaturije mu gutwi nk’iherena.

Ashley, akimara gukizwa iyi nzoka ndetse amaze gutuza kuko yari yagize ubwoba bwinshi yahangayitse, ku itariki ya 2 Gashyantare 2017 yaganirije abaganga ndetse n’itangazamakuru ryo mu gace yarimo ababwira imvo n’imvano y’amahano yari yikoreye ubwo yafataga inzoka akayihindura iherena. Yatangaje ko yikiniraga ndetse ashaka kwifata amafoto (Selfies) hamwe n’iyi nzoka imuri ku gutwi nk’iherena ariko ngo ibyamubayeho sibyo yari yiteguye.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga