• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/10/25
Kamonyi-Rugalika: Gitifu Nkurunziza yagarutse ku gaciro no gukomera k’Umugore, abaha umukoro
18/10/25
Kamonyi-Rugalika/Ruramba: Ihaniro(Igikari cy’Umubyeyi) ryashyize Abagore ku murongo
18/10/25
Ibihumbi 50 byamuhesheje amahirwe yo gutsindira hafi Miliyoni imwe muri FORTEBET
18/10/25
Kamonyi-Rugalika: Umugabo uzwi ku izina rya Lizembe yapfuye Umugore yisanga mu maboko atari aye

Johnny Hallyday umuririmbyi, umwanditsi n’umukinnyi wa Filimi akomerewe na Kanseri

Umwanditsi
March 8, 2017

Johnny Hallyday, uzwi cyane mu ndirimbo z’injyana ya Rock nubwo nyuma yaje no kujya mubyo gukina Filimi, ahangayikishijwe n’uburwayi bwa Kanseri y’ibihaha.

Ku myaka 73 y’amavuko, umuririmbyi, umwanditsi akaba n’umukinnyi wa Filimi Johnny Hallyday ubuzima bwe ntabwo bwifashe neza ku bw’uburwayi bwa Kanseri y’ibihaha. Ibi bije kandi mu gihe yitegura gukina Filimi mu minsi micye iri imbere.

Johnny Hallyday, aho yibera muri Leta zunze ubumwe za Amerika i Los Angeles hamwe n’umuryango we ugizwe n’umugore we Laeticia n’abana be babiri b’abakobwa. Ubuzima bwa Hollyday nyuma y’amakuru y’uburwayi bw’indwara ya Kanseri y’ibihaha ntabwo bumeze neza. Gusa amakuru y’uburwayi bwa Kanseri yayahawe mbere y’iminsi mikuru isoza umwaka wa 2017.

Johnny Hallyday, akomeje kurwana no kureba ko yamererwa neza aho yitabwaho. Johnny Hallyday, yavukiye mu gihugu cy’ubufaransa ku itariki ya 15 Kamena 1943 mu murwa mu kuru w’ubufaransa i Paris, yamenyekanye cyane mu ndirimbo z’injyana ya Rock, yakunzwe n’abatari bacye mu mpande zitandukanye z’Isi mu njyana ze ndetse na nyuma yo kujya mubyo gukina Filimi.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

 

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5892 Posts

Politiki

4143 Posts

Ubuhinzi

148 Posts

Ubukungu

1021 Posts

Imyidagaduro

84 Posts

Imikino

148 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga