Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Muhima ari mu maboko ya Polisi aho akurikiranyweho icyaha cya Ruswa. Ruzima John, umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Muhima mu karere ka Nyarugenge yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda kuri...
Read More
Gicumbi: Indonke zifite ingaruka mu bucuruzi bw’ibiyobyabwenge
Bamwe mu baturage b’akarere ka Gicumbi bari barishoye mu bucuruzi bw’ibiyobyabwenge (Kanyanga) bagaragaje ukwicuza, ingaruka zitandukanye bahuye nazo muri ubu bucuruzi butemewe. Polisi, ubuyobozi hamwe n’abaturage biyemeje gushyira hamwe mu guca burundu ubu bucuruzi....
Read More