• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/09/25
Umwami w’ibikubo byo ku Bitego atahanye 1,175,360Rwf yashyizeho 10,000 mu isaha imwe gusa
16/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
16/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
16/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi

Umukinnyi wa Filime z’urukozasoni ucyecuye kurusha abandi yahagaritse kuzikina

Umwanditsi
March 23, 2017

Nyuma y’imyaka icumi yari amaze mu mwuga wo gukina filime z’urukozasoni (Film pornographique) umuyapani kazi ku myaka 80 y’amavuko yagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.

Maori Tezuka, umuyapani kazi w’umukinnyi wa filime z’urukozasoni (Pornographique) ku myaka 80 y’amavuko yatangaje ko afashe icyemezo cyo kuba agiye mu kiruhuko cy’izabukuru ( retraite) kuko ngo kuri we gukina(tournages) byari bitangiye kumubera ingorabahizi.

Maori, ahagaritse ibyo gukina filime z’urukozasoni mu buryo butunguranye, butumvikana, yari amaze imyaka cumi akora uyu mwuga kuko filime ye ya mbere yayisohoye afite imyaka 71 y’amavuko, atangaza kandi ko atahisemo iyi nzira ku mpamvu z’ibibazo byo gushakamo amafaranga, ikindi ngo ntabwo abyicuza.

Maori Tezuka, yatangarije ibitangazamakuru byo mugace abamo (local press) mu buyapani ko guhagarika kongera gukina izi filime abitewe ahanini n’uko hari henshi atari akibasha kuba yakina, ariko cyane ngo no kuri bamwe mu bakinnyi batari bakibasha kuba bakinana cyangwa se batari kurwego rwe.

Uyu mukinnyi wa filime z’urukozasoni, avuga ko hari ubwo ashobora kuba yagaruka mu bihe bya vuba, avuga ko yabajijwe ibyo kuba yagaruka mu myaka nk’ibiri cyangwa itatu agasubiza ko azabitekerezaho, ko ariko bizanaterwa n’abafatanyabikorwa.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5864 Posts

Politiki

4115 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1009 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

143 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga