Abagabo bane bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi y’u Rwanda ya Rukara mu karere ka Kayonza, nyuma yo gufatirwa mu bujura bw’inka y’umuturage bwabaye mu rukerera rwo ku itariki ya 10 Mata 2017. Ubu bujura...
Read More
Abandi batanu bafunzwe bakekwaho kunyereza mudasobwa zigenewe abanyeshuri
Abantu batanu bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kibeho, mu karere ka Nyaruguru bakekwaho inyerezwa rya mudasobwa eshatu zirimo ebyiri zigenewe abanyeshuri muri gahunda ya Mudasobwa imwe ku mwana (One Laptop per Child) n’indi...
Read More
Kwibuka 23: Kamonyi, habonetse imibiri 12 umugabo ati ntabyo nari nzi umugore ati twari tubizi
Mu murenge wa Karama mu isambu yahingagwa n’umuturage habonetse imibiri 12 y’abishwe mu gihe cya Jenoside, umugabo ahakana ko atari abizi nyamara umugore we akavuga ko bari babizi. Kuri uyu wa mbere tariki ya...
Read More