• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
01/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
01/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside
01/07/25
Kamonyi-Kwibuka31: OLYMPIC FCA yatsinze FAPA(Abakanyujijeho mu MAVUBI) itwara irushanwa

Bitunguranye kuri benshi, Sayinzoga Jean wayoboraga Komisiyo ya Demobilisation yapfuye

Umwanditsi
April 16, 2017

Nyuma y’igihe kitari gito ayobora komisiyo yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero (Rwanda Demobilization and Reintegration Commission- RDRC), Sayinzoga Jean yitabye Umuremyi.

Kuri iki cyumweru tariki ya 16 Mata 2017 nibwo inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Jean Sayinzoga wayoboraga Komisiyo yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero yamenyekanye.

Amakuru agera ku kinyamakuru intyoza.com ahamya ko uyu musaza benshi bamenye ku bw’umuhate no gukunda akazi ke muri Komisiyo yayoboraga yari amaze iminsi arwaye ariko kubwo gukunda akazi agakomeza agakora, byarangiye mu buryo bwatunguye benshi  agiye  mubitaro byitiriwe umwami Faisal i Kigali kwivuza kuvayo biranga, niho yaguye.

Jean Sayinzoha, muri iki cyumweru cyahariwe kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakore abatutsi mu 1994 yagiye agaragara mu biganiro byo kwibuka ahanini byagarukaga ku mateka y’u Rwanda n’uko ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 yagiye ihemberwa mu myaka yatambutse mbere y’uko ishyirwa mu bikorwa.

Urupfu rwa Jean Sayinzoga, rwatunguye abatari bacye, benshi bahamya ko bamubonaga nk’ukomeye ariko kumva ngo agiye mu bitaro arapfuye ntabwo bisobanutse. Sayinzoga azahora yibukwa n’abatari bacye mu Rwanda n’amahanga kuko yagize uruhare runini mu gucyura impunzi z’abanyarwanda ariko by’umwihariko mu gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye kurugerero.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5823 Posts

Politiki

4074 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga