• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/12/25
Umuyobozi wa Polisi, IGP, CG Felix Namuhoranye ntiyumva uburyo Akarere gatwara imodoka yahembwe Umurenge
19/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
19/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
19/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo

Inkongi y’umuriro yibasiye zimwe mu nyubako zo mu Gakinjiro ka Gisozi, Polisi hari icyo ivuga

Umwanditsi
April 28, 2017

Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 28 Mata 2017 mu buryo butunguranye, inkongi y’umuriro yibasiye zimwe mu nyubako ziherereye hafi y’umuturirwa w’ishyirahamwe ADARWA mu gakinjiro ka Gisozi.

Zimwe mu nyubako z’ubucuruzi ziherereye mu gakinjiro ka Gisozi haruguru y’umuhanda wa kaburimbo ugana kagugu iruhande rw’inzu y’amagorofa y’ishyirahamwe ADARWA zafashwe n’inkongi y’umuriro bene gukoreramo bamwe bari bahageze barwana no kugira bimwe mu bicuruzwa basohora ngo barebe ko bagira ibyo baramira.

Ishami rya polisi y’u Rwanda rishinzwe ibyo kuzimya inkongi z’imiriro hamwe n’ibimodoka byaryo byabugenewe mu kwifashishwa kuzimya inkongi z’imiriro nibo bagobotse aba bacuruzi batangira kuzimya umuriro.

ACP Theos Badege, umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ku murongo wa terefone ngendanwa yatangarije intyoza.com ko iby’iyi nkongi y’umuriro kuri amwe mu mazu akorerwamo ubucuruzi mu gakinjiro ka Gisozi kugeza ubu hakekwa umuriro w’amashanyara kuba ariwo ntandaro.

Agaciro ndetse n’ingano y’ibyangijwe n’iyi nkongi y’umuriro yadutse muri amwe mu mazu y’ubucuruzi mu gakinjiro ka Gisozi kugeza ubu ntabwo byari byatangazwa.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5929 Posts

Politiki

4178 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1041 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga